skol
fortebet

Kitoko Bibarwa ari mu myiteguro y’ubukwe,yerekanye n’umwana yabyaye akaba yaranamwise rimwe mu mazina ye[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 02, Mar 2020

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Kitoko Bibarwa uri mu Bwongereza yatangaje ko uyu mwaka wa 2020 ari mu myiteguro yo gukora ubukwe nubwo adashaka kugira icyo avuga ku mukunzi we.

Sponsored Ad

Kitoko yemeje aya makuru.Ati ”Ubukwe ndabufite rwose umwaka wa 2020 ndumva utansiga uko gusa.” Kitoko kandi yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Gahoro yaririmbiye uyu mukunzi we.

Kitoko witegura ubukwe asanzwe afite umwana w’umukobwa ndetse aheruka kumwerekana anagaragaza ko amuteye ishema yanamwise rimwe mu mazina ye Bibarwa Shiloh.

Ibitekerezo

  • Nagire vuba n’ubundi yarakuze cyane.Bizamurinda gukururana n’abakobwa.Ibintu bidushimisha kurusha ibindi Imana yaduhaye,ni Ubukwe no Kubyara.Byombi ni IMPANO y’Imana.Gusa tugomba kwibuka ko Imana ishaka ko Umugore n’Umugabo "baba umubiri umwe" nkuko Intangiriro 2,umurongo wa 24 havuga.Ikibabaje nuko ababyubahiriza ari bake.Benshi bacana inyuma,bararwana,baricana,ndetse bagatandukana.Amadini amwe abeshyera Imana ngo ibemera gutunga abagore benshi.Ntabwo aribyo kubera ko bitera ibibazo mu ngo kandi Yesu yadusabye gushaka umugore umwe. Nkuko Yesu yabisobanuye muli Matayo 19:6,Imana yihoreye Abayahudi batunga Abagore benshi kuko bali barananiye Imana.Abantu bose bakora ibyo Imana itubuza,yashyizeho umunsi wa nyuma kugirango izabakure mu isi.Izasigaza mu isi gusa abantu bayumvira nkuko Imigani 2 imirongo ya 21 na 22 havuga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa