skol
fortebet

Lisa niwe waciye agahigo ko gusambana n’abagabo benshi ku Isi barenga 900 mugihe gito[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 15, Feb 2021

Sponsored Ad

skol

Amaze imyaka 17 muri Guinness de record ntawuramukura ku mwanya wa mbere kubera kuryamana n’abagabo benshi ku Isi. Birumvikana ni umunyabigwi ninayo mpamvu yashyizwe mu gitabo cy’abafite uduhigo ni umukinnyi wa filime w’umunyamerikakazi Lisa Sparks.

Sponsored Ad

Lisa Sparks yavutse mu mwaka 1976 ni ukuvuga ko kuri ubu afite imyaka 46. Yavukiye muri Leta ya Colorado avuka ari umwana wa 2 mu bana 3. Yaje guca agahigo ko kuryamana n’abagabo benshi kuko yaryamanye n’abasaga 919 mu gihe cy’amasaha 24 gusa.

Ni ibintu utahita wiyumvisha gusa byarashobotse mu gihe cy’amasaha 24 Sparks yaryamanye n’abagabo 919 aho bivugwa ko buri mugabo baryamanaga igihe kingana n’amasegonda 45 akavaho hakajyaho undi gutyo gutyo kugeza bose uko ari 919 abahetuye nta kuruhuka, tubibutse ko uwaherukaga guca aka gahigo yari yaryamanye n’abagabo 759 mu gihe cy’masaha 24 bivuze ko hagati ye na sparks hagiyemo ikinyuranyo cy’abagabo 160.

Ibi byamugize icyamamare ndetse bituma akurikirwa n’abantu benshi ku mbugankoranyambaga barimo uwigeze kuba Perezida wa Amerika Barack Obam kurubuga rwa Twitter.

Yabaye icyamamare bituma abantu benshi bakomeye bamukurikira harimo na Barack Obama

Akenshi abantu bashyirwa muri iki gitabo bikunze kuvugwa ko baba batandukanye cyane n’abandi hakaba n’abavugako baba bafite izindi mbaraga zibibashoboza harimo n’izumwijima, ibi biterwa cyane no kuba usanga bakora ibintu abenshi babona nk’ibidashoboka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa