skol
fortebet

Mu mvugo ishaririye Nana yageneye ubutumwa umugabo wamuteye inda akamutererana[VIDEO]

Yanditswe: Tuesday 11, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Nana yabwiye umugabo wamuteye inda ko badashobora kongera gukundana ndetse ko atakimukeneye nta gato mu buzima bwe.

Sponsored Ad

Umukinnyikazi wa Filime Nyarwanda uzwi nka Nana Muri City Maid kuri ubu wigaruriye imitima ya benshi kubera uburyo akinamo filime kuri ubu avuga ko ntamubano wihariye agifitanye n’umugabo wamuteye inda kubera ko buri kimwe nkenerwa ku mwana babyaranye ariwe ukimenya.

Yagize “ Ntabwo ntakwemera ko twakongera gukundana kuko ibintu iyo byarangiye biba byararangiye, Nabwo nkimukeneye na gato mu buzima bwanjye “

Yakomeje avuga ko bitewe n’ibibazo yanyuzemo yabashije kwiyubaka ndetse kuri ubu akaba atewe ishema nibyo amaze kwigezaho , aho yabwiye abandi bakobwa bagenzi be babyaye ko bakwiye kwishakira umuti w’ikibazo cyabo mu gihe bahuye n’ikibazo cyo gutwita mu buryo butateganyijwe ,ndetse abasaba ko bajya bakunda abana babo kuko bizatuma umwana nawe akurira mu buzima bwiza bityo bigatuma umwana nawe agira ejo heza hazaza.

REBA AMASHUSHO

Ibitekerezo

  • Bijye bibera isomo abakobwa biyandarika mu busambanyi babyita ngo "bali mu rukundo".Akenshi iyo umuhungu umuhaye,arakwanga,akaguta.Ndetse benshi baragukubita cyangwa bakakwica.Cyangwa yagutera inda,ukayikuramo.Bityo ukaba ukoze ibyaha 2.Mwumvise ukuntu Jay Polly yakuye amenyo 3 uwiyita "umukunzi we".
    Ntitugakinishe imana yaturemye.Yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,bajye bibuka ko ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke kandi ntuzazuke ku Munsi w’imperuka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa