skol
fortebet

Myugariro ukomeye wa Rayon Sports Rwatubyaye Abdul agiye kubagwa

Yanditswe: Thursday 08, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Myugariro wa Rayon Sports Rwatubyaye Abdul agiye kubagwa imvune amaranye iminsi yanatumye atigaragaza nk’uko byari byitezwe muri Rayon Sports.
Iyi mvune uyu musore yayigize ubwo Rayon Sports yakinaga na Bugesera FC ariko ikomeza gutonekara ubwo yagarukaga mu myitozo .
Rwatubyaye avuga ko yamaze gusuzumwa kandi ko agomba kubagwa bitarenze ibyumeru bibiri mu kiganuro yahaye RBA ku ri uyu wa 06 Kamena 2017.
Yagize ati :”Mfite ikibazo cy’imvune, nshobora kubagwa mu byumweru bibiri vuba aha nka (...)

Sponsored Ad

Myugariro wa Rayon Sports Rwatubyaye Abdul agiye kubagwa imvune amaranye iminsi yanatumye atigaragaza nk’uko byari byitezwe muri Rayon Sports.

Iyi mvune uyu musore yayigize ubwo Rayon Sports yakinaga na Bugesera FC ariko ikomeza gutonekara ubwo yagarukaga mu myitozo .

Rwatubyaye avuga ko yamaze gusuzumwa kandi ko agomba kubagwa bitarenze ibyumeru bibiri mu kiganuro yahaye RBA ku ri uyu wa 06 Kamena 2017.

Yagize ati :”Mfite ikibazo cy’imvune, nshobora kubagwa mu byumweru bibiri vuba aha nka nyuma y’iminsi ibiri ni bwo nzaca mu cyuma, uyu munsi bansuzumye umuganga avuga ko ariho bigana nange rero ndabiteganya. “

Rwatubyeye yavuze ko yabangamiwe n’iyi mvune ariko ko nabagwa azahita akira akagaruka mu kibuga akanatanga umusaruro aba Rayon bamutegerejeho ndetse akanafasha u Rwanda mu mikino yo gushaka itike yo kujya muri CHAN.

Imvune ya Rwatubyaye yatumye ikipe y’igihugu imuhomba kuko ari umwe muri ba myugariro yagenderagaho. Rwatubyaye yaje muri Rayon Sports avuye muri APR FC mu mpeshyi y’umwaka ushize.

Ibitekerezo

  • ubundi se umusaruro azatanga mu mavubi nuwuhe, azahora azerera mpaka, utagira ukuri ntaburana nibibazo !!!! nagende ntamukinnyi umurimo

    ariko iyo uvuga ko ariwe amavubi agenderaho muri Chan ko aribwo aheruka yajyaga arangiza umukino adasimbuwe? reka ikiryabarezi buriya cyararangiye kbsa iyo nta mumutwe ufite birangira upfuye ubusa

    Bite bya Abouba?

    Bite bya Abouba?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa