skol
fortebet

Nick Minaj yakojejwe isoni n’imyambaro yiyambitse yashyize hanze amabere ye [AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 03, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Mu gitaramo cyabereye muri Amerika mu gace ka Philadelphia umuraperikazi Nick Minaj yakojejwe isoni n’imyambaro yagaragaje amabere ye .

Sponsored Ad

Umuraperikazi Nick Minaj umaze kwgarurira imitima ya benshi kubera imiterere y’umubiri we irimo amabere ye ndetse n’ikibuno ahamya ko ariyo turufu yambere akoresha kugirango akurure igitsina gabo yakojejwe isoni n’imyambaro yyambitse kuriki cyumweru muri Amerika mu mujyi wa Philadelphia .

Umuraperikazi kuri ubu ufite imyaka 35y’amavuko yatunguye benshi ubwo yazaga yambaye umwenda ugaragaza amabere ye ndetse n’amatako gusa ubwo yaririmbaga ku rubyiniro amabere yavuze mu mwenda ajya hanze yisama yasandaye atangira kurwana no kuyasubiza mu mwambaro bimubera ibamba.

Mu mashusho yashyize hanze nyuma yuko amabere avuye mu mwenda yatangiye kujya abyina ayafasheho kugirango atongera kuvamo ,nubwo wabonaga ko byamujennye cyane bitewe nuko we yashakaga ko bigenda.

REBA IFOTO:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa