Nizzo wo muri Urban Boy yavuze ko yifuza umukobwa bakundana nyuma yo gutandukana n’ umukunzi we Umulisa Yvette.
Hashize iminsi Nizzo yaragiye muri Dubai mu kiruhuko aho yagaragaye ari kumwe n’ umukobwa bigacyekwa ko ashobora kuba yabonye umukunzi mushya mu gihe yabyamaganye akavuga ko yari yagiyeyo mu kiruhuko ntayindi kandi ntamukunzi agira .
Yagize ati “ Nagiyeyo mu kiruhuko gusa ntamukunzi ngira ahubwo abamfasha bambe hafi “
Abajijwe umukobwa yakunze cyane mubo batandukanye yatangaje ko (...)
Nizzo wo muri Urban Boy yavuze ko yifuza umukobwa bakundana nyuma yo gutandukana n’ umukunzi we Umulisa Yvette.
Hashize iminsi Nizzo yaragiye muri Dubai mu kiruhuko aho yagaragaye ari kumwe n’ umukobwa bigacyekwa ko ashobora kuba yabonye umukunzi mushya mu gihe yabyamaganye akavuga ko yari yagiyeyo mu kiruhuko ntayindi kandi ntamukunzi agira .
Yagize ati “ Nagiyeyo mu kiruhuko gusa ntamukunzi ngira ahubwo abamfasha bambe hafi “
Abajijwe umukobwa yakunze cyane mubo batandukanye yatangaje ko Umulisa Yvette baherutse gutandukana kuri ubu wiga mu gihugu cy’ Ubushinwa yamukundaga cyane kubera ibihe byiza bagiranye bakiri kumwe.
Ati “ Umulisa Yvette twabanye neza kandi njya nkumbura ibihe byiza twagiranye nabwo tutakiri kumwe ari kwiga mu Bushinwa “
Twakwibutsa ko Nizzo yakundanye n’abakobwa batandukanye barimo Sacha , Bijoux Ndetse na Yvette aho magingo aya yifuza undi mukobwa bakundana.
Ibitekerezo
Hhhhhh Nibyo nakubaho udafitumukunzi