skol
fortebet

NTIBISANZWE!Hakozwe Robot zizanjya zikorana imibonano mpuzabitsina n’abakinnyi n’abafana mu gikombe cy’isi[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 11, May 2018

Sponsored Ad

skol

Mu gihe habura iminsi igera kuri 34 ngo imikino y’igikombe cy’Isi itangizwe ku mugaragaro mu gihugu cy’Uburusiya abahanga mu gukora amarobo bamuritse amarobo akoranye ubuhanga azifashishwa n’abakinnyi cyangwa abafana mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hirindwa akavuyo nk’agakunze kugaragara muri iyi mikino. Iri robo baryise Lolita,ngo ryitezweho kuzashimisha abakiriya muri iyi mikino
Aya marobo yashyizwe hanze afite ubuhanga bwo kuganiriza umuntu mu gihe ari gutera akabariro ndetse no kubwira (...)

Sponsored Ad

Mu gihe habura iminsi igera kuri 34 ngo imikino y’igikombe cy’Isi itangizwe ku mugaragaro mu gihugu cy’Uburusiya abahanga mu gukora amarobo bamuritse amarobo akoranye ubuhanga azifashishwa n’abakinnyi cyangwa abafana mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hirindwa akavuyo nk’agakunze kugaragara muri iyi mikino.

Iri robo baryise Lolita,ngo ryitezweho kuzashimisha abakiriya muri iyi mikino

Aya marobo yashyizwe hanze afite ubuhanga bwo kuganiriza umuntu mu gihe ari gutera akabariro ndetse no kubwira utugambo twiza umugabo akanyurwa n’akabariro.

Iri naryo baryise Sasha

Amarobo yakozwe ni Lolita, Sasha, Natasha, Alise na Isilel,ategerejweho kwinjiza amafaranga menshi aho gusambanya rimwe ku isaha umukiriya azajya yishyura amapawundi kuva kuri 17 kugeza kuri 29 ndetse ibiciro byayo bishobora kuzagera ku mapawundi 60.

Iri Robo baryise Natasha

Dmitry Alexandro wafunguye hoteli yitwa Dolls Hotel izaba irimo aya marobo muri buri cyumba,yavuze ko aya marobo afite ubuhanga budasanzwe ndetse biteguye kwakira n’abakinnyi bazashaka kuza kuyasambanya.

Iri Robo barihaye izina rya Alise

Uyu mugabo yavuze ko nta ngaruka n’imwe irobo rishobora guteza mu gihe cyo gutera akabariro ndetse avuga ko abamaze gukorana imibonano mpuzabitsina n’aya marobo bayatangira ubuhamya.

Izina ni Isilel

Ibitekerezo

  • Egoko. Aba bazungu ra?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa