skol
fortebet

Reba ibibazo bikomeye by’amatsiko umukobwa w’isugi yibaza mbere yuko akora imibonano mpuzabitsina

Yanditswe: Saturday 17, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Hari ibibazo by’ingutu umukobwa utarakora imibonano mpuzabitsina aba yibaza mbere y’uko akora iki gikorwa, Ndetse akenshi agerageza no kubaza na bagenzi be uko byabagendekeye igihe babikoraga bwa mbere.
Umukobwa w’isugi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina bwa mbere usanga yibaza ibibazo byinshi biniganjemo impungenge nyishi. Aba afite ubwoba bwo kuyikora kuko aba aziko ari bukomereke, tutibagiwe ndetse n’izindi ngaruka ziterwa no kuba atamenyereye ibintu byo gukora imibonano mpuzabitsina. (...)

Sponsored Ad

Hari ibibazo by’ingutu umukobwa utarakora imibonano mpuzabitsina aba yibaza mbere y’uko akora iki gikorwa, Ndetse akenshi agerageza no kubaza na bagenzi be uko byabagendekeye igihe babikoraga bwa mbere.

Umukobwa w’isugi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina bwa mbere usanga yibaza ibibazo byinshi biniganjemo impungenge nyishi. Aba afite ubwoba bwo kuyikora kuko aba aziko ari bukomereke, tutibagiwe ndetse n’izindi ngaruka ziterwa no kuba atamenyereye ibintu byo gukora imibonano mpuzabitsina. Gusa akaba anibaza ibyishimo ari bukure muri icyo gikorwa.

Ibi ni bimwe mu bibazo aba yibaza:

Nzakomereka(nzababara)?

Umukobwa w’isugi ugiye gukora imibonano mpuzabitsina ku nshuro ye ya mbere ukunze gusanga agira impungenge zishingiye ku kuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ari bubabare. Ibi biterwa n’uko benshi baba barumvise iby’uko iyo ukoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere agahu kaba gatwikiriye inda ibyara kazwi nka hymen kangirika bitewe n’uko igitsina gabo ariho cyinjirira maze akaba yakomereka. Ikindi kibatera impungenge ni ahaba hari bunyure igitsina cy’umugabo cyangwa umusore haba hatari bwaguke bikaba byatuma aza kubabara.

Nzamubwira ko ndi isugi ?

umukobwa w’isugi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina yibaza ku kijyanye no gukora imibonano mpuzabitsina. Abahanga bo muri kaminuza ya Michigani muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.itanga inama zivuga ko mu gihe uri isugi ugomba kubwira uwo mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ko utazobereye ibyo gukora imibonano mpuzabitsina

Ese hazabaho gutegurana?

umukobwa w’isugi kenshi aba yibaza niba muza kubanza mugategurana. Ubu ni uburyo bwiza bwo kwinjizanya mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina. Abahanga bo rero batugira inama y’uko mu gihe ari ubwa mbere ugiye gukora imibonano mpuzabitsina ni byiza kugenza ibintu buhoro buhoro mukabanza gutegurana nyuma mukaza kwinjira mu gikorwa nyirizina.

Ndibuze kubonamo ibyishimo bihagije?

umukobwa w’isugi ugiye gukora imibonano mpuzabitsina ukunze gusanga yibaza niba ari bugere ku byishimo yifuza. Ibi rero bisaba ko uwo bari buze kubikorana aza kuba abizi kugirango amufashe mu buryo bwiza. Ku bimenya ntibivuze kubimubwira mu mvugo yeruye aho ahita abyumva ahubwo ni ukumubwira ko utazobereye ibyo gukora imibonano mpuzabitsina, kugira ngo na we agire icyo yongera cyaza kugufasha kandi akwakire uko uri nibiba ngombwa agire n’ibyo akwigisha. Menya ko izi mpungenge zidakwiye kuguca intege ahubwo byose iyo ubiganirije n’uwo mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina bituma ubona ibyishimo ku kigero wifuzaga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa