Ubukwe bwa Humble Jizzo n’umukunzi we Blauman bwaranzwe n’imitako y’umweru gusa [AMAFOTO]
Yanditswe: Saturday 24, Nov 2018
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo Humble Jizzo n’umukunzi we Blauman bakoze ubukwe ,umuhango waranzwe n’imitako y’umweru.
Ibirori byabereye mu Karere ka Rubavu ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu ,aho imiryango ku mpande zombi yamaze kugera aharaza kubera ibirori by’ubukwe bwabo.
Humble Jizzo n’umukunzi we Blauman basubukuye imihango y’ubukwe bwabo nyuma yuko umugore yabanje kujya kwibarukira umwana muri muri Leta Zunzu ubumwe z’Amerika aho nyuma batangaje ko bazabusukura ,kuri ubu bakaba bashyize mu bikorwa ibyo biyemeje.
Ibi birori byaba bombi biri kubera mu Mujyi wa Rubavu ahitwa Hakuna Matata Lodge and Restaurant. Aho byitabiriwe n’abantu b’ingeri zitandukanye biganjemo inshuti zabo za hafi ndetse n’imyiryango yabo yaturutse mu nce zitandukanye ndetse no hanze y’imipaka y’u Rwanda.
Mu mihango bari bukore uyu munsi baraza guhamya isezerano ry’urukundo rwabo imbere y’Imana n’abantu.
REBA AMAFOTO:
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *