skol
fortebet

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusenga kiyisilamu "Gusari" bivura uburibwe bw’umugongo

Yanditswe: Tuesday 30, May 2017

Sponsored Ad

skol

Ubushakashatsi bwakorewe muri kaminuza ya Binghamton University mu mujyi wa New York bwerekanye uburyo bukorwa n’Abayisilamu basenga bwitwa ‘ Salat ’ buvura uburibwe bw’umugongo bukanagorora ingingo.
Impuguke zamaze igihe ziga ku Bahinde , Abarabu n’Abanyamerika basenga muri ubwo buryo basanga iyo bubika umutwe hari agace k’umugongo gakunze kubabara gahita kagororoka.
Dr. Mohammad Khasawner uri mu bakoze ubwo bushakashatsi yavuze ko gusari bimeze nko gukora imyitozo ngororamubiri isanzwe nka (...)

Sponsored Ad

Ubushakashatsi bwakorewe muri kaminuza ya Binghamton University mu mujyi wa New York bwerekanye uburyo bukorwa n’Abayisilamu basenga bwitwa ‘ Salat ’ buvura uburibwe bw’umugongo bukanagorora ingingo.

Impuguke zamaze igihe ziga ku Bahinde , Abarabu n’Abanyamerika basenga muri ubwo buryo basanga iyo bubika umutwe hari agace k’umugongo gakunze kubabara gahita kagororoka.

Dr. Mohammad Khasawner uri mu bakoze ubwo bushakashatsi yavuze ko gusari bimeze nko gukora imyitozo ngororamubiri isanzwe nka yoga.

Ati “ Isengesho rishobora kugabanya umuhangayiko, ariko nanone ubushakashatsi bwerekanye ko kuriya gusenga byakoreshwa kwa muganga mu kuvura imikorere mibi y’imitsi ijya mu bwonko .”

Nubwo ariko gusari bishobora kugorora ingingo, ababikoze nabi ngo bibongerera ububabare.

Daily Mail ivuga ko abakoze ubu bushakashatsi bari kwiga ku buryo iyi misengera ikora ku mubiri w’abantu babana n’ubumuga, ababyibushye cyane n’abagore batwite.

Abayisilamu babarirwa muri Miliyari 1.6 ku Isi, buri munsi basenga inshuro eshanu bapfukama bakubika umutwe berekeza i Maka nka kimwe mu bintu bitanu bategetswe gukorwa n’igitabo cyabo gitagatifu aricyo Korowani.

Ibitekerezo

  • Bavandimwe nti mumbabarire kugitekezo cyange ugyimpaka asome korawani niba utayizi witondere Umusilamu buriya babakora imwitozo yagirikare ikiba giziye nukwiga imbunda kubaga byo abitozwa akivuka ntawundi wemerewe kubaga itungo atari umusilamu kumugabane wacu ibeshye uyibage wayirya wenyine icyo bategereje kuzarwana intambara ntagatifu kuko intumwa yabo mohamed niwe watangije iriya myitozo yarwanye intambara zitabarika yategyetse ko bavuga ko IMANA arimwe ni ntumwa yayo ari mohamed kandi ko IMANA itabyara ntibyarwe iyo utabivugaga bagucaga umutwe nuko byatangiye imitwe yitera bwoba iturukahe kuri isiramu iyo yishe uwo badahuje kwemera ajya mwijuru IMANA ikamwitura nujya mubusiramu kuvamo ushobora kwicwa ngo Uba uzabamo niba ujyiye gusaba akazi ku musiramu icyambere akubaza idini urimo iyo asanze uri umukiristu agusaba guhindura idini iyo wanze ntakazi yaguha kuko witwa utemera nibimuga kubifasha bisabwa guhindura idini muzarebe umubare wibimuga benshi na basiramu kandi ugomba gusaba kuwa gatanu, intambara niyu WITEKA si yanyu basiramu mwe

    Muvandimwe imana ikubabarire nibyo uvuze kuko ubusilam uvuze subwo ntabwo ubusiramu butegeka kwica cyangwase bwigisha kwica ubusilam y wu kuri uzabaze neza abujijwe kwica cyose kwiyambura ubuzima wibukeko bariya bica bambura ubuzima abandi nabo bakabwiyambura imbere y imana birabukijwe bityo rero ujye uvuga ibyo uzii naho ibyerekeye kubaga imana yajiririje kurya itungo ut azi icyo ryabagiwe kuko hari na babaga kubera guterekera cyse nibindi bitajyanye namategeko yimana bityo ubusilam busaba kurya icyabazwe gikoresheje ijambo tu imana, ikindi uvugango ubusilam y ntaha akazi abantu batari abasilam urabeshya bangahe c bakorera abasilam cyse abasilam bakorera abatari abasilam imana dusenga nimwe twese ariyo mana muri yesaya 61-62 naboneka 64-65- yihangane 6-7 umugongo wa 16 na 28 -40na 52ukomeze ibyuvuga nawe si wowe imana iguhe kuyimenya neza yihangane 16 ye su arabasubiza ayo ibyo niho sha si ibya jye ahubwo nibyiyantumye, uzababere we mere intumwa zose kuko na ye su ubwe yubamiraga iyamutumye hahirwa uzakora uko yewe yakoraga nizindi ntumwa zose zamubanjirije niza musozereje.nugera iki re gr Mucyo yesu yagezemo ijuru uzaribona nkuko nukora ibyo intumwa muhamadi yakoze naryo uzaribona .

    Muvandimwe imana ikubabarire nibyo uvuze kuko ubusilam uvuze subwo ntabwo ubusiramu butegeka kwica cyangwase bwigisha kwica ubusilam y wu kuri uzabaze neza abujijwe kwica cyose kwiyambura ubuzima wibukeko bariya bica bambura ubuzima abandi nabo bakabwiyambura imbere y imana birabukijwe bityo rero ujye uvuga ibyo uzii naho ibyerekeye kubaga imana yajiririje kurya itungo ut azi icyo ryabagiwe kuko hari na babaga kubera guterekera cyse nibindi bitajyanye namategeko yimana bityo ubusilam busaba kurya icyabazwe gikoresheje ijambo tu imana, ikindi uvugango ubusilam y ntaha akazi abantu batari abasilam urabeshya bangahe c bakorera abasilam cyse abasilam bakorera abatari abasilam imana dusenga nimwe twese ariyo mana muri yesaya 61-62 naboneka 64-65- yihangane 6-7 umugongo wa 16 na 28 -40na 52ukomeze ibyuvuga nawe si wowe imana iguhe kuyimenya neza yihangane 16 ye su arabasubiza ayo ibyo niho sha si ibya jye ahubwo nibyiyantumye, uzababere we mere intumwa zose kuko na ye su ubwe yubamiraga iyamutumye hahirwa uzakora uko yewe yakoraga nizindi ntumwa zose zamubanjirije niza musozereje.nugera iki re gr Mucyo yesu yagezemo ijuru uzaribona nkuko nukora ibyo intumwa muhamadi yakoze naryo uzaribona .

    Muvandimwe imana ikubabarire nibyo uvuze kuko ubusilam uvuze subwo ntabwo ubusiramu butegeka kwica cyangwase bwigisha kwica ubusilam y wu kuri uzabaze neza abujijwe kwica cyose kwiyambura ubuzima wibukeko bariya bica bambura ubuzima abandi nabo bakabwiyambura imbere y imana birabukijwe bityo rero ujye uvuga ibyo uzii naho ibyerekeye kubaga imana yajiririje kurya itungo ut azi icyo ryabagiwe kuko hari na babaga kubera guterekera cyse nibindi bitajyanye namategeko yimana bityo ubusilam busaba kurya icyabazwe gikoresheje ijambo tu imana, ikindi uvugango ubusilam y ntaha akazi abantu batari abasilam urabeshya bangahe c bakorera abasilam cyse abasilam bakorera abatari abasilam imana dusenga nimwe twese ariyo mana muri yesaya 61-62 naboneka 64-65- yihangane 6-7 umugongo wa 16 na 28 -40na 52ukomeze ibyuvuga nawe si wowe imana iguhe kuyimenya neza yihangane 16 ye su arabasubiza ayo ibyo niho sha si ibya jye ahubwo nibyiyantumye, uzababere we mere intumwa zose kuko na ye su ubwe yubamiraga iyamutumye hahirwa uzakora uko yewe yakoraga nizindi ntumwa zose zamubanjirije niza musozereje.nugera iki re gr Mucyo yesu yagezemo ijuru uzaribona nkuko nukora ibyo intumwa muhamadi yakoze naryo uzaribona .

    Muvandimwe imana ikubabarire nibyo uvuze kuko ubusilam uvuze subwo ntabwo ubusiramu butegeka kwica cyangwase bwigisha kwica ubusilam y wu kuri uzabaze neza abujijwe kwica cyose kwiyambura ubuzima wibukeko bariya bica bambura ubuzima abandi nabo bakabwiyambura imbere y imana birabukijwe bityo rero ujye uvuga ibyo uzii naho ibyerekeye kubaga imana yajiririje kurya itungo ut azi icyo ryabagiwe kuko hari na babaga kubera guterekera cyse nibindi bitajyanye namategeko yimana bityo ubusilam busaba kurya icyabazwe gikoresheje ijambo tu imana, ikindi uvugango ubusilam y ntaha akazi abantu batari abasilam urabeshya bangahe c bakorera abasilam cyse abasilam bakorera abatari abasilam imana dusenga nimwe twese ariyo mana muri yesaya 61-62 naboneka 64-65- yihangane 6-7 umugongo wa 16 na 28 -40na 52ukomeze ibyuvuga nawe si wowe imana iguhe kuyimenya neza yihangane 16 ye su arabasubiza ayo ibyo niho sha si ibya jye ahubwo nibyiyantumye, uzababere we mere intumwa zose kuko na ye su ubwe yubamiraga iyamutumye hahirwa uzakora uko yewe yakoraga nizindi ntumwa zose zamubanjirije niza musozereje.nugera iki re gr Mucyo yesu yagezemo ijuru uzaribona nkuko nukora ibyo intumwa muhamadi yakoze naryo uzaribona .

    Wowe wiyita man power, iyi nkuru ihurirahe na comments wanditse!niba udafite ibitekerezo byubaka wasangiza abandi wakwicecekera aho kubiba amacakubiri mubantu. Hari ibyo udasobanukiwe ujye ubaza aho kwandika ibyo wishakiye.

    Wowe wiyita man power, iyi nkuru ihurirahe na comments wanditse!niba udafite ibitekerezo byubaka wasangiza abandi wakwicecekera aho kubiba amacakubiri mubantu. Hari ibyo udasobanukiwe ujye ubaza aho kwandika ibyo wishakiye.

    Muvandimwe imana ikubabarire nibyo uvuze kuko ubusilam uvuze subwo ntabwo ubusiramu butegeka kwica cyangwase bwigisha kwica ubusilam y wu kuri uzabaze neza abujijwe kwica cyose kwiyambura ubuzima wibukeko bariya bica bambura ubuzima abandi nabo bakabwiyambura imbere y imana birabukijwe bityo rero ujye uvuga ibyo uzii naho ibyerekeye kubaga imana yajiririje kurya itungo ut azi icyo ryabagiwe kuko hari na babaga kubera guterekera cyse nibindi bitajyanye namategeko yimana bityo ubusilam busaba kurya icyabazwe gikoresheje ijambo tu imana, ikindi uvugango ubusilam y ntaha akazi abantu batari abasilam urabeshya bangahe c bakorera abasilam cyse abasilam bakorera abatari abasilam imana dusenga nimwe twese ariyo mana muri yesaya 61-62 naboneka 64-65- yihangane 6-7 umugongo wa 16 na 28 -40na 52ukomeze ibyuvuga nawe si wowe imana iguhe kuyimenya neza yihangane 16 ye su arabasubiza ayo ibyo niho sha si ibya jye ahubwo nibyiyantumye, uzababere we mere intumwa zose kuko na ye su ubwe yubamiraga iyamutumye hahirwa uzakora uko yewe yakoraga nizindi ntumwa zose zamubanjirije niza musozereje.nugera iki re gr Mucyo yesu yagezemo ijuru uzaribona nkuko nukora ibyo intumwa muhamadi yakoze naryo uzaribona .

    Haruguru nashatse kuvuga yohana-6-7 umugongo wa 16

    Aha abikigihe ntibashaka ukuli bishakira ibibanezeza no kubeshya rubanda YESU KIRSITO yaravuze ngo bazaza ali ibirura bambaye uruhu rwintama

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa