skol
fortebet

Umunyeshuli yafashwe yamatanye n’umugabo ufite umugore n’abana barimo basambana[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 22, Aug 2018

Sponsored Ad

skol

Mu bitangazamakuru byo muri Kenya habyutse hacicikana inkuru n’amafoto y’umukobwa w’umunyeshuri wafatanye n’umubabo banga gutandukana ubwo basambanaga.

Sponsored Ad

Iyi nkuru ibabaje yabayeho muri iyi weekend dusoje muri Kaminuza nkuru ya Kenya (K.U).Umugabo wubatse wari ucumbitse hafi y’amacumbi y’abanyeshuri y’iri shuri ngo yaje kubyumvikanaho n’umwe mu bakobwa biga muri iri shuri amusanga mu icumbi rye nyuma yo kuryoherwa bavangirwa no kumatana umwe binanirana ko yakwitandukanya n’undi.

Icyakurikiyeho ni uko iki gikorwa cyari cyagizwe ubwiru byarangiye batabaje maze bahururirwa n’abanyeshuri babaha akamo bibangombwa ko hiyambazwa Police ngo bajyanwe kwa muganga.

Kugeza ubu ntiberemezwa ko batandukanye cyangwa byananiranye burundu.Igikorwa cyo kumatana hagati yabakoranaga imibonano bikunze kugaragara muri iki gihugu mu gihe umwe yaciye inyuma undi

Ibitekerezo

  • Ubusambanyi niyo Business ya mbere ku isi.Nicyo cyaha gikorwa n’abantu benshi kurusha ibindi.Nubwo bikorwa na Millions and Millions z’abantu,kizatuma babura "ubuzima bw’iteka muli paradizo" (1 Abakorinto 6:9,10).Kwishimisha akanya gato hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka,ni ukugira ubwenge buke.Ni ukutemera ibyo imana yaturemye itubwira binyuze muli Bible.Imana yashyizeho Umunsi w’Imperuka,ubwo izahindura ibintu byose,isi ikaba paradizo,ituwe n’abantu bayumvira gusa.Byisomere muli Ibyakozwe 17:31;Zaburi 29:37 na 2 Petero 3:13.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa