skol
fortebet

Umupasiteri yaguwe gitumo ari gusambanyiriza umugore w’umukirisitu basengana iwe bamuhata igiti bambaye ubusa[AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 05, May 2018

Sponsored Ad

skol

Abantu benshi bakomeje gutangazwa no kugwa mu kantu kubera amafoto akomeje gukwirakwizwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugabo bivugwa ko ari umupasiteri, ari gusambanya umugore w’umugabo basenganaga, ubwo yausangaga iwe muri gahunda y’ibijyanye n’itorero ryabo.
Ubwo uyu mugabo, nyiri urugo utatangajwe amazina ye, yageraga mu rugo iwe, yasanze umugore we na pasiteri rwahanye inkoyoyo mu buriri, ni ko kubafata amafoto atangira kudiha uwo mu pasiteri, mu gihe uyu mugore we we (...)

Sponsored Ad

Abantu benshi bakomeje gutangazwa no kugwa mu kantu kubera amafoto akomeje gukwirakwizwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugabo bivugwa ko ari umupasiteri, ari gusambanya umugore w’umugabo basenganaga, ubwo yausangaga iwe muri gahunda y’ibijyanye n’itorero ryabo.

Ubwo uyu mugabo, nyiri urugo utatangajwe amazina ye, yageraga mu rugo iwe, yasanze umugore we na pasiteri rwahanye inkoyoyo mu buriri, ni ko kubafata amafoto atangira kudiha uwo mu pasiteri, mu gihe uyu mugore we we amarira yari yamurenze yabuze icyo afata n’icyo areka.

Ibi byabereye mu gihugu cya Nigeria, bikaba bikomeje gutuma abenshi bibaza ku bintu bikomeje gukorwa na bamwe mu bapasiteri bakomeje kwiyambika uru hu rw’intama bakiyoberanya bitwaje ijambo ry’Imana kandi bagamije kurarura abagore b’abandi n’abakobwa.






Ibitekerezo

  • Nomurwanda murebeneza birahari

    Ariko izi photos n’izo muri Kenya uwo ni Vice-Governor wa Kirinyaga

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa