Umusore yakubiswe n’umugore baryamana mu ibanga amusanze ari kumuca inyuma
Yanditswe: Wednesday 01, Aug 2018
Umusore wo muri Zambika yakubiswe n’umugore ukuze basambana mu ibanga ubwo yamusangaga arimo kumuca inyuma.
Muri Lusaka muri Zambia ,umusore ufite imyaka 26 yamavuko mu gihugu cya Zambia yakubiswe arangirika bikomeye nyuma y’uko Sugar mumy basanzwe bakundana yamuvumbuyeho ibinyoma byo kumuca inyuma agasanga ari kumwe n’undi mukobwa akamubeshya ko ari inshuti ye bisanzwe .
Nk’uko bitangazwa,ngo Maggie w’imyaka 56 yaje kwibasira umusore ufite imyaka 26 aramukubita kugera ubwo amukomeretsa umunwa nyuma y’uko amuguye gitumo ari mu modoka asambana n’umukobwa kandi yarasanzwe amubeshya ko amukunda cyane.
Amakuru dukeshya ikinyamakuru cya Naija avuga ko ubwo uyu mugore yajyanwaga mu nzego z’umutekano akabazwa impamvu yamukubise yasubije yababajwe cyane n’uburyo uyu musore ubwo busambanyi yabukoreye mu modoka yamuguriye aho kubukorera ahantu kure atagera.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *