skol
fortebet

Ikibazo cy’abifuza gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga mu Rwanda cyashyizweho iherezo

Yanditswe: Monday 05, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu Rwanda hatangijwe ibigo 16 bizajya bikorerwamo ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga zaba iz’agateganyo n’iza burundu, bizajya bikora kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu, bikaba byitezweho kurandura burundu ibibazo by’abifuzaga gukora ibi bizamini ariko bagategereza igihe kinini.

Sponsored Ad

Hakunze kumvikana bamwe mu bifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga, bavuga ko bagowe no kwiyandikisha kuko umurongo wo kwiyandikishirizaho ufungurwa gacye kandi aba babikenye ari benshi.

Bamwe bavugaga ko ibi byababeraga imbogamizi ku buryo hari ababaga bafite impushya z’agateganyo zikarinda zita agaciro badakoreye iza burundu.

Polisi y’u Rwanda ivuga ko “abashaka gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga kuri ubu ntibazongera kujya bategereza igihe kirekire kugira ngo bakore ibizamini byo gutwara ibinyabiziga byaba iby’uruhushya rw’agateganyo hakoreshejwe impapuro ndetse n’impushya za burundu nyuma yuko Polisi y’u Rwanda ifunguye ibigo 16 bizajya bitangirwamo ibizamini hirya no hino mu Gihugu.”

Ku wa Gatandatu w’icyumweru twaraye dusoje, tariki 03 Ukuboza 2022, abapolisi boherejwe gukorera muri ibi bigo, bahawe impanuro n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera avuga ko ibi bigo bifunguwe mu rwego rwo kunoza serivisi za Polisi y’u Rwanda no kuzegereza abaturarwanda.

Yavuze ko iyi gahunda izarandura ibibazo byajyaga bigaragara mu kwiyandikisha gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rwaba urw’agateganyo hakoreshejwe mudasobwa cyangwa ku mpapuro ndetse n’urwa burundu.

Yagize “Abapolisi bamaze koherezwa muri ibyo bigo bishya ahazajya hatangirwa ibizamini byose byaba iby’uruhushya rwa burundu n’urw’agateganyo kuri mudasobwa no ku mpapuro kuva ku wa Mbere kugera ku wa Gatanu.”

Yakomeje agira ati “Icyo ibi bishatse kuvuga ni uko uzajya ashaka kwiyandikisha kugira ngo akorere uruhushya rwaba urw’agateganyo n’urwa burundu anyuze ku Irembo guhitamo aho abona hamworohereye cyangwa ikigo kimuri hafi.”

Uburyo buhoraho bwo kwiyandikisha ku bashaka gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga bwafunguwe kuu wa Gatandatu tariki ya 03 Ukuboza 2022, ku buryo aba mbere bazakoreshwa ikizamini ku itariki 12 Ukuboza 2022.

Mu kwezi gushize kandi Polisi y’u Rwanda yari yafunguye ibigo 18 bizajya bikoresherezwamo ibizamini hifashishijwe mudasobwa mu Turere dutandukanye bikora kuva ku wa Mbere kugera ku wa Gatandatu.

Src, Radiotv10

Ibitekerezo

  • 🥦#ESE_KWIKINISHA ( Mastrubation) #WAVURWA_N_IKI?🥦
    + 250789502321 ( whatsapp and call)

    1⃣Impamvu nyamukuru itera kwikinisha ni ubwigunge no kuba wenyine.

    2⃣Ibi bikanajyana no kuba waba uri kure y’umufasha wawe, nko ku bantu bari mu butumwa cyangwa ingendo za kure kimwe n’abari mu nzu z’imbohe.

    3⃣Indi mpamvu ni uguhemukirwa n’uwo wakundaga ugasigara wumva wakikemurira ikibazo uri wenyine

    4⃣Kureba film za porno no kureba amafoto y abantu bambaye ubusa ni indi mpamvu ishobora gutera kwikinisha.

    5⃣Kugira isoni no gutinya nabyo biri mu bitera kwikinisha, cyane cyane ku bahungu.

    6⃣Gutinya indwara zandurira mu mibonano kimwe no gutera cyangwa guterwa inda nabyo bishobora gutuma umuntu yikinisha

    7⃣Ku bagore gukora imibonano ntarangize bishobora kumutera kwikinisha kugirango arangize.

    ✳️Ibibi byo kwikinisha

    #Kwikinisha bigira ingaruka nyinshi zitari nziza.

    ▪Ku bahungu bituma igitsina kigorama bitewe n ukuboko ukoresha wikinisha, kudakura kw’igitsina

    ▪Bituma wumvako wihagije haba mu buzima busanzwe no mu buzima bw’imyororokere

    ▪Nyuma ushobora kujya urangiza utinze cyane, cyangwa se ukajya uhita urangiza

    ▪Hari igihe wumva uzinutswe abo mudahuje igitsina

    ▪Ku bahungu bigeraho wajya no kunyara hakazamo amasohoro

    ▪Ku bakobwa byangiza rugongo kandi bigatuma udashobora kurangiza keretse ukoresheje intoki niyo waba ufite umugabo.

    ▪Bituma uhorana umunabi, no kwiheba

    ▪Bishobora gutuma umutima utera nabi

    ▪Bishobora kwangiza udutsi two mu bwonko bityo bigatuma uba igihubutsi, utabasha gufata imyanzuro ihamye

    ▪Bigabanya umubare w intanga ku bahungu bikaba byabaviramo kutabasha gutera inda

    ▪Bitera gususumira no kudakomera mu ngingo
    ▪️Kubura ubushake mugihe k’imibonano mpuza bitsina no kurangiza vuba
    ▪uburemba
    ▪Iyo udafatiranye hakiri kare, bishobora no gutera urupfu rutewe n’imikorere mibi y’umutima.

    Twibutseko ibi bishobora kukubaho mu gihe wikinisha birenze urugero ni ukuvuga birenze 2 mu cyumweru, muri rusange.

    ✳️ Ni gute wacika ku kwikinisha?

    Hakenewe cyane gukumira ibiguteza ingorane zo kwikinisha.

    Kandi ukatugana tukaguha inama zisumbuyeho . Ikindi Kandi Hari imiti y’umwimerere ituruka muri ASIA Ibasha gukumira ingaruka zo kwikinisha zose maze umubiri wawe ugasubirana ubutaraga.

    ✳️Dore zimwe mu nyunganiramirire z’umwimerere zikuraho ingaruka zose wagize,ikabasha gutuma usubira kuri gahunda ntangaruka iguteye.

    #chlorophille
    #yeegingko cps
    #tongkti Alli coffee
    #ginseng cps

    Murakoze,
    Ukeneye inama cg ibindi byakuvura twavuze haruguru, wanyandikira cg ukampamagara kuri+250789502321(WhatsApp and call)
    Kandi utangira kubona impinduka nyuma y’iminsi 2 uri gukoresha imiti, cyane cyane nk’abacitse intege mugutera akabariro, bihita bikemuka iyo akoresheje Products tumuhaye. Ntubyihererane biravurwa bigakira

    Roho nziza mu umubiri muzima.Kora share ufashe n’abandi kuko birigusenya ingo nyishii

    🥦#ESE_KWIKINISHA ( Mastrubation) #WAVURWA_N_IKI?🥦
    + 250789502321 ( whatsapp and call)

    1⃣Impamvu nyamukuru itera kwikinisha ni ubwigunge no kuba wenyine.

    2⃣Ibi bikanajyana no kuba waba uri kure y’umufasha wawe, nko ku bantu bari mu butumwa cyangwa ingendo za kure kimwe n’abari mu nzu z’imbohe.

    3⃣Indi mpamvu ni uguhemukirwa n’uwo wakundaga ugasigara wumva wakikemurira ikibazo uri wenyine

    4⃣Kureba film za porno no kureba amafoto y abantu bambaye ubusa ni indi mpamvu ishobora gutera kwikinisha.

    5⃣Kugira isoni no gutinya nabyo biri mu bitera kwikinisha, cyane cyane ku bahungu.

    6⃣Gutinya indwara zandurira mu mibonano kimwe no gutera cyangwa guterwa inda nabyo bishobora gutuma umuntu yikinisha

    7⃣Ku bagore gukora imibonano ntarangize bishobora kumutera kwikinisha kugirango arangize.

    ✳️Ibibi byo kwikinisha

    #Kwikinisha bigira ingaruka nyinshi zitari nziza.

    ▪Ku bahungu bituma igitsina kigorama bitewe n ukuboko ukoresha wikinisha, kudakura kw’igitsina

    ▪Bituma wumvako wihagije haba mu buzima busanzwe no mu buzima bw’imyororokere

    ▪Nyuma ushobora kujya urangiza utinze cyane, cyangwa se ukajya uhita urangiza

    ▪Hari igihe wumva uzinutswe abo mudahuje igitsina

    ▪Ku bahungu bigeraho wajya no kunyara hakazamo amasohoro

    ▪Ku bakobwa byangiza rugongo kandi bigatuma udashobora kurangiza keretse ukoresheje intoki niyo waba ufite umugabo.

    ▪Bituma uhorana umunabi, no kwiheba

    ▪Bishobora gutuma umutima utera nabi

    ▪Bishobora kwangiza udutsi two mu bwonko bityo bigatuma uba igihubutsi, utabasha gufata imyanzuro ihamye

    ▪Bigabanya umubare w intanga ku bahungu bikaba byabaviramo kutabasha gutera inda

    ▪Bitera gususumira no kudakomera mu ngingo
    ▪️Kubura ubushake mugihe k’imibonano mpuza bitsina no kurangiza vuba
    ▪uburemba
    ▪Iyo udafatiranye hakiri kare, bishobora no gutera urupfu rutewe n’imikorere mibi y’umutima.

    Twibutseko ibi bishobora kukubaho mu gihe wikinisha birenze urugero ni ukuvuga birenze 2 mu cyumweru, muri rusange.

    ✳️ Ni gute wacika ku kwikinisha?

    Hakenewe cyane gukumira ibiguteza ingorane zo kwikinisha.

    Kandi ukatugana tukaguha inama zisumbuyeho . Ikindi Kandi Hari imiti y’umwimerere ituruka muri ASIA Ibasha gukumira ingaruka zo kwikinisha zose maze umubiri wawe ugasubirana ubutaraga.

    ✳️Dore zimwe mu nyunganiramirire z’umwimerere zikuraho ingaruka zose wagize,ikabasha gutuma usubira kuri gahunda ntangaruka iguteye.

    #chlorophille
    #yeegingko cps
    #tongkti Alli coffee
    #ginseng cps

    Murakoze,
    Ukeneye inama cg ibindi byakuvura twavuze haruguru, wanyandikira cg ukampamagara kuri+250789502321(WhatsApp and call)
    Kandi utangira kubona impinduka nyuma y’iminsi 2 uri gukoresha imiti, cyane cyane nk’abacitse intege mugutera akabariro, bihita bikemuka iyo akoresheje Products tumuhaye. Ntubyihererane biravurwa bigakira

    Roho nziza mu umubiri muzima.Kora share ufashe n’abandi kuko birigusenya ingo nyishii

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa