skol
fortebet

Agasembuye katumye umusore afata ku ngufu umukecuru w’imyaka 72 aramwica

Yanditswe: Wednesday 14, Mar 2018

Sponsored Ad

Umusore witwa Craig Keogh w’imyaka 26 yatawe muri yombi nyuma yo gufata ku ngufu umukecuru w’imyaka 72 arangije amwambura impeta ye yari yambaye ku rutoki.
Uyu musore w’imyaka 26 yasambanyije umukecuru w’imyaka 72 arangije aramwica
Uyu musore wari wafashe ku gasembuye kenshi ndetse n’ibiyobyabwenge,yafashe ku ngufu uyu mukecuru Jane Hings w’imyaka 72, arangije amwicisha umusego byatumye atabwa muri yombi na polisi ndetse ashyikirizwa ubushinjacyaha.
Inkuru y’urupfu rw’uyu mukecuru (...)

Sponsored Ad

Umusore witwa Craig Keogh w’imyaka 26 yatawe muri yombi nyuma yo gufata ku ngufu umukecuru w’imyaka 72 arangije amwambura impeta ye yari yambaye ku rutoki.


Uyu musore w’imyaka 26 yasambanyije umukecuru w’imyaka 72 arangije aramwica

Uyu musore wari wafashe ku gasembuye kenshi ndetse n’ibiyobyabwenge,yafashe ku ngufu uyu mukecuru Jane Hings w’imyaka 72, arangije amwicisha umusego byatumye atabwa muri yombi na polisi ndetse ashyikirizwa ubushinjacyaha.

Inkuru y’urupfu rw’uyu mukecuru rwamenyekanye muri Nzeri 2017, ubwo bamusangaga yapfiriye ku buriri bwe ahitwa Staffordshire mu Bwongereza.

Umushinjacyaha Mary Prior yabwiye urukiko rwa Birmingham ko uyu musore yafashe ku ngufu uyu mukecuru inshuro 2 ndetse ahita amwambura impeta yari yambaye ku ntoki ze.

Urubanza rwe rwabereye mu rukiko rwa Birmingham

Uyu musore yabwiye abapolisi bashinzwe iperereza ko uyu mukecuru ari we wamuhamagaye akamusaba ko yajya we abagakorana imibonano mpuzabitsina akamwishyura amapawundi 200 ku ijoro rimwe.

Ibitekerezo

  • Nubwo amadini menshi yigisha ko Kunywa INZOGA ari icyaha,ntabwo ariko Bible ivuga.Imana yemera ko umuntu ashobora kunywa VINO nkeya.Bisome muli Tito 2:3 na 1 Timote 3:8 hamwe na 1 Timote 5:23.Bible ivuga ko VINO ishimisha abantu.Byisomere muli Zaburi 104:14,15.Imana iha VINO cyangwa INZOGA abantu ikunda.Nabyo bisome muli Yesaya 25:6 na Gutegeka 14:26.Mwese muribuka ko YESU yatanze Vino mu bukwe bw’i Kana.Ntabwo yatanze umutobe nkuko bamwe bahimba.Icyo imana itubuza,ni ugusinda (Abefeso 5:18).Kandi ikavuga ko “ABASINZI” batazaba mu Bwami bw’imana (1 Abakorinto 6:9,10).Aho gupfa kwemera ibyo Pastors bigisha,mujye mwiga Bible neza,kugirango mumenye UKURI.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa