Umubyeyi yahanishije umwana we kumukata imyanya ye y’ibanga
Yanditswe: Tuesday 13, Mar 2018
Umugabo gito wo mu Bwongereza yatumiye mu rugo rwe umuntu wo gukata imyanya ndangagitsina y’umukobwa we w’imyaka 10 mu rwego rwo kumuhana.
Uyu mugabo wanenzwe na benshi,yatumiye mu rugo rwe umugizi wa nabi kugira ngo akate igitsina cy’umukobwa we amuziza kumusuzugura aho uyu mugabo yakoresheje urwembe.
Ubwo yagezwaga imbere y’urukiko,uyu mugabo yashinjwe iyicarubozo cyane ko uyu muntu yatumiye, yaje inshuro 2 gukata imyanya y’ibanga y’uyu mukobwa, gusa bikarangira uyu mukobwa avugije induru (...)
Umugabo gito wo mu Bwongereza yatumiye mu rugo rwe umuntu wo gukata imyanya ndangagitsina y’umukobwa we w’imyaka 10 mu rwego rwo kumuhana.
Uyu mugabo wanenzwe na benshi,yatumiye mu rugo rwe umugizi wa nabi kugira ngo akate igitsina cy’umukobwa we amuziza kumusuzugura aho uyu mugabo yakoresheje urwembe.
Ubwo yagezwaga imbere y’urukiko,uyu mugabo yashinjwe iyicarubozo cyane ko uyu muntu yatumiye, yaje inshuro 2 gukata imyanya y’ibanga y’uyu mukobwa, gusa bikarangira uyu mukobwa avugije induru bakabihagarika.
Uyu mugabo yahakanye ibi birego byo gukata imyanya y’ibanga y’uyu mukobwa we ndetse avuga ko atazi icyo abana be bamuziza ku buryo bamushinja icyaha nk’iki.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *