skol
fortebet

Umwongerezakazi yafatiwe muri USA ari gusambana n’umwana w’imyaka 14 muri Hoteli

Yanditswe: Sunday 02, Sep 2018

Sponsored Ad

Umwongerezakazi wicuruza witwa Sarah McGill w’imyaka 28 yafatiwe muri hoteli yo muri USA ari gusambana n’umwana w’imyaka 14, ategekwa guhita asubira igitaraganya iwabo ndetse yamburwa uburenganzira bwo kuzasubira muri USA.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa wicuruza yafashwe na se w’uyu mwana muri hoteli yo mu mujyi wa Florida bari gusambanira muri hoteli abibwira abashinzwe umutekano nabo bamushyikiriza ubutabera bwamutegetse guhita azinga ibye agasubira iwabo mu Bwongereza ubutazagaruka.

Nkuko byatangajwe n’uyu Sarah McGill,yemerewe n’uyu mwana w’imyaka amadolari 480 kugira ngo aze muri USA baryamane nyuma yo kubona amafoto y’urukozasoni ye yashyize ku rubuga rwitwa Quora.com ruranga abakobwa bigurisha.

Umubyeyi w’uyu mwana yabonye ubutumwa uyu muhungu we yandikirana n’iyi ndaya,niko guhamagara polisi zimuta muri yombi ari gusambana n’uyu mwana we.

Urukiko rwa Florida rwemeje ko ibyaha byo gusambana n’uyu mwana w’umuhungu bihama Sarah McGill cyane ko basanze udukingirizo mu cyumba bari barimo,niko guhita ahambirizwa yoherezwa iwabo mu Bwongereza.


Ibitekerezo

  • Birazwi, abazungu ni abasambanyi nk’amashitani!

    bamurenganije yari kukazi

    bamurenganije yari kukazi

    bamurenganije yari kukazi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa