skol
fortebet

Bwambere mu myaka 60 ishize, Ububirigi bugiye gukora Iperereza ku bukoroni bakoreye Uburundi

Yanditswe: Wednesday 07, Sep 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ku ncuro ya mbere kuva Uburundi buvuye mu bukoroni bw’Ububirigi , hashize imyika 60, intumwa z’Ububirigi zaje muri icyo gihugu mu gikorwa cyo gutahura neza ibibi byaranze ubukoroni mu burundi.

Sponsored Ad

Ku ncuro ya mbere kuva Uburundi buvuye mu bukoroni bw’Ububirigi , hashize imyika 60, intumwa z’Ububirigi zaje muri icyo gihugu mu gikorwa cyo gutahura neza ibibi byaranze ubukoroni mu burundi.

Ni gikorwa kizaba kandi no mu Rwanda no muri Repuburika ya Demokrasi ya Congo nabyo byakoronijwe n’Ububirigi.

Iryo tsinda ridasanzwe ry’inama ishingamategeko y’Ububirigi , kuri uyu wa kabiri ryasuye inteko isingamategeko y’uburundi.

Umuyobozi w’itinda Wouter De Vriendt yavuze ko itsinda ryashyizweho mu 2020 rikaba rishinzwe:
gushyira ku mugaragaro ukuri ku byabaye, uruhara rwa reta n’izindi nzego z’Ububirigi mu kwemera ibyabaye, gusubiza mu buryo no kureba niba habaho kwishyura bibaye ngombwa.

kwerekana isano iri hagati y’ahahise h’ubukoroni n’amacakubiri n’ikumira bikirangwa mu Bubirigi kugera ubu.

iritsinda ryakiriwe n’umukuru w’inteko ishinga amategeko y’Uburundi, Gelase Ndabirabe, ari kumwe n’ibiro by’inteko ayoboye n’abakuru b’amashyaka atandukanye abarizwa mu nteko.

Hari kandi n’abatumirwa bamwe nk’umukuru w’itsinda rishinzwe kumenya ukuri ku makosa ykorewe Uburundi kuva ku gihe cy’ubokoroni.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa