skol
fortebet

Kenya: Impungenge z’ibitero bya al-Shabab bitumye Amerika iburira abaturage bayo

Yanditswe: Saturday 09, Sep 2017

Sponsored Ad

Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’Amerika iraburira abaturage bayo kwirinda kujya muri Kenya muri iki gihe, cyane cyane mu bice byegereye umupaka na Somaliya.
Itangazo rya minisiteri y’ububanyi n’amahanga rivuga ko hashobora kuba ibitero by’iterabwoba bya al-Shabab, n’ubundi bwicanyi ahandi hose hirya no hino mu gihugu.
Abanyamerika basabwa kwirinda intara za Mandera, Wajir, Garissa, Tana River, Lamu na Malindi. Mu murwa mukuru Nairobi, basabwa kwirinda karitiye ya Eastleigh. Mu mujyi (...)

Sponsored Ad

Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’Amerika iraburira abaturage bayo kwirinda kujya muri Kenya muri iki gihe, cyane cyane mu bice byegereye umupaka na Somaliya.

Itangazo rya minisiteri y’ububanyi n’amahanga rivuga ko hashobora kuba ibitero by’iterabwoba bya al-Shabab, n’ubundi bwicanyi ahandi hose hirya no hino mu gihugu.

Abanyamerika basabwa kwirinda intara za Mandera, Wajir, Garissa, Tana River, Lamu na Malindi. Mu murwa mukuru Nairobi, basabwa kwirinda karitiye ya Eastleigh. Mu mujyi w’icyambu cya Mombasa, basabwa gutembere ku manywa gusa.

Ijwi ry’Amerika

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa