skol
fortebet

Kenya:Yeguye muri Guverinoma nyuma y’icyumweru ayinjiyemo

Yanditswe: Tuesday 23, May 2023

featured-image

Sponsored Ad

Esther Ngero wari umaze icyumweru kimwe atorewe ku mwanya w’umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’amagereza muri Kenya yeguye.

Sponsored Ad

Kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, Perezida William Ruto yemeye ko yabonye ubwegure bwa Esther, abibwiwe na Felix Koskei ushizwe imirimo mu biro by’Umukuru w’Igihugu.

Esther yahawe inshingano yo kuba Umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’amagereza tariki ya 16 Gicurasi 2023. Bivuze ko yari azimazeho icyumweru kimwe gusa.

BBC yanditse ko ari ubwa mbere habayeho kwegura kw’umuyobozi ku mwanya nk’uyu ukomeye mu gihugu kuva Perezida Ruto yajya ku butegetsi.

Esther mu bwegure bwe yagaragaje ko yeguye ku mpamvu ze bwite. Mbere yuko atorerwa izi nshingano, yakoraga mu bijyanye n’ibikomoka kuri peteroli.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa