skol
fortebet

’Ndacyari muzima’, amagambo Papa yavuze avuye mu bitaro

Yanditswe: Saturday 01, Apr 2023

featured-image

Sponsored Ad

Papa Francis yavuze asa nuri gusetsa atiti “ndacyari muzima” , ubwo yaravuye kwa muganga mu bitaro by’ i Roma aho yari amaze imisi itatu.

Sponsored Ad

Papa Francis yavuze asa nuri gusetsa atiti “ndacyari muzima” , ubwo yaravuye kwa muganga mu bitaro by’ i Roma aho yari amaze imisi itatu.

Umushumba wa Kiliziya Gatorika ku isi Yari yinjijwe ibitaro by’ahitwa Gemelli ku wa gatatu w’iki cyumweru afite ikibazo cy’ubuhumekero.

Vaticani yari ytangaje ko Papa arimo gufata imiti ya antibiotics kandi ko yagombaga gutaha kuri uyu wa Gatandatu nk’uko ibyemezo bya muganga byabigaragazaga.

ati"Nta bwoba nari mfite, ndacyari muzima", niko uno mu Papa w’imyaka 86 yabwiye itangazamakuru n’abakirisu bari barimo kurira kubera ibyishimo hanze y’ibitaro mbere yuko Papa yurizwa imodoka.

Yerekanywe amwenyura, aramutsa n’abantu ari mu modoka, imbere y’uko asohoka kugira ngo abwire ijambo abari aho. nyuma yahise ajyanwa i Vaticani.

Papa yinjijwe ibitaro mbere y’icyumweru no abe ari mu bikorwa by’inshi bya kiliziya igiye kwizihiza Psika Ntagatifu.

Uyu mupapa akomoka muri Argentina, akaba yenda kugera ku isabukuru ye y’imyaka cumi amaze ayobora kiliziya Gatorika muri uku kwezi .

ubuzima bwe bwakunze kujya buhura n’uburwayi kuburyo yigeze no kubagwa agakurwamo igihaha kimwe ubwo yari afite imyaka 21.

Mu mezi ashize,yaranamaze igihe agendera ku kagare k’abamugaye kubera ingorane z’ivi ryiwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa