skol
fortebet

Trump na Minisitiri w’ intebe w’ Ubwongereza ntibavuze ku mashusho Trump yakwirakwije

Yanditswe: Thursday 30, Nov 2017

Sponsored Ad

Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald yasabye Minisitiri w’ Intebe w’ Ubwongereza Theresa May kwita ku iterabwoba aho kumwitaho.
Ni nyuma y’ uko Perezida Trump akwirakwije amashusho atatu y’ abari mu mitwe y’ iterabwoba. Aya mashusho Trump yakwirakwije abantu barimo na May banenze Trump bamushinja kwamamaza imitwe y’iterabwoba. Umuvugi wa Therese May yavuze ko ibyo Trump yakoze ari amakosa
Ayo mashusho Trump yakwirakwije yayakuye ku mbuga nkoranya mbaga z’ abari muri iyo mitwe y’ (...)

Sponsored Ad

Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald yasabye Minisitiri w’ Intebe w’ Ubwongereza Theresa May kwita ku iterabwoba aho kumwitaho.

Ni nyuma y’ uko Perezida Trump akwirakwije amashusho atatu y’ abari mu mitwe y’ iterabwoba. Aya mashusho Trump yakwirakwije abantu barimo na May banenze Trump bamushinja kwamamaza imitwe y’iterabwoba. Umuvugi wa Therese May yavuze ko ibyo Trump yakoze ari amakosa

Ayo mashusho Trump yakwirakwije yayakuye ku mbuga nkoranya mbaga z’ abari muri iyo mitwe y’ iterabwoba. Yafatiwe ahantu hatandukanye. Imwe igaragaza itsinda ry’ abayisilamu bakubita umusore kugeza apfuye indi ikagaragaza abo barwanyi basenya ishusho ya Bikira Mariya.

Nubwo hatabayeho kuvuga rumwe hagati ya Perezida Trump na Minisitiri w’ Intebe May ibihugu byombi bisanzwe bifitanye umubano mwiza.

Thereza May niwe mutegetsi wa mbere Perezida Trump yakiriye muri Perezidansi y’ Amerika ’White House’. Perezida Trump kuri Twitter akurikirwa na miliyoni 43.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa