Politiki
U Rwanda rwanze kwivanga mu matora yo kugena ahazaza h’intambara ya Isiraheli na Gaza
Yanditswe: Saturday 28, Oct 2023
Mu ijoro ryakeye, Umuryango w’abibumbye,ONU,waraye utoye ingingo (résolution) isaba ko habaho guhagarika intambara mu karere ka Gaza ( Trêve humanitaire).
Ibihugu 120 byatoye Yego ,mu gihe ibihugu 14 harimo na Leta zunze ubumwe za Amerika na Israël hamwe n’utundi duhugu duto duto nka Fiji batora #OYA.
Ibihugu 45 byahisemo kutagira aho bibogamira. Ni mu gihe ibihugu birimo u Burundi n’u Rwanda bitageze ahabereye amatora.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *