skol
fortebet

Vis President w’America ,Harris aje gushaka ijwi rya Tanzaniya mu ntambara yo muri Ukraine

Yanditswe: Thursday 30, Mar 2023

featured-image

Sponsored Ad

Visi-Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika, Kamala Harris yageze muri Tanzaniya ku munsi we wa kabiri w’uruzinduko rwe rwa mbere muri Afurika.

Sponsored Ad

Visi-Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika, Kamala Harris yageze muri Tanzaniya ku munsi we wa kabiri w’uruzinduko rwe rwa mbere muri Afurika.

Biteganijwe ko ahura na Perezida Samia Suluhu wa Tanzaniya ,aho bari buganire ku ruhande Tanzaniya ihagazemo mu ntambara Uburusiya bwatangije kuri Ukraine ikomeje guhekwa na America.

Kuri ubu,Amerika ishishikajwe no kongera umubare w’ibihugu biyishyigikira mu kwamagana igitero cy’Uburusiya muri Ukraine.

Abakurikiranira hafi politiki y’iki gihugu cy’igihanganjye abavuga ko visi-perezida w’Amerika ari kugenderera Afurika ngo ifashe igihugu cye gukomeza guhangana n’ibihugu by’ibihanganjye ku isi nk’Ubushinwa n’Uburusiya.

BBC

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa