skol
fortebet

Ubuzima

Sud Kivu:Ubushita bwongeye kwibasira Abaturage

Mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagaragaye indwara y’ubushita (Monkeypox) ikomeje kwibasira (...)

Uganda: Abadepite banze kwemerera kuboneza urubyaro abakobwa b’imyaka 15

Abadepite bo muri Uganda banze icyifuzo cya leta cyo kwemerera abakobwa guhera ku myaka 15 (...)

Kenya:Abaganga 100 bo muri Cuba bavuraga mu gihugu bagiye guhagarikwa

Kenya yavuze ko igiye guhagarika amasezerano y’imyka itandatu yari yarasinyiye abaganga 100 (...)

Mai-Ndombe :Abaturage 2 bapfuye abandi 10 bakomerekera mu mvura idasanzwe yaguye i Kwamouth

Imiryango isaga 200 ubu iri mu kaga gakomeye nyuma yo gusenyerwa amazu n’imvura ikomeye yaguye (...)

Zimbabwe: Guverinoma ihangayikishijwe n’icyorezo cya Korera imaze guhitana ibinyacumi

Ubutegetsi muri Zimbabwe bwatangaje amabwiriza amshya yo gukumira icyorezo cya Korera cyibasiye (...)

RDC niho hantu habi cyane ho gutura umwana

Igihugu cya Republika ya Demokrasi ya Congo ni cyo cya mbere kibi ku isi mu kubamo umwana kandi (...)

Umugore wabyaranye na Elon Musk yamureze mu rukiko amushinja kumwima umwana

Umuririmbyi Grimes yatanze ikirego gisaba uburenganzira ku bana batatu yabyaranye na Elon Musk, (...)

Kenya:Indwara itaramenyeka yibasiye abanyeshuri b’abakobwa mu mashuri yisumbuye

Abategetsi mu nzego z’ubuzima muri Kenya bakomeje gushakisha indwara itazwi imaze gutuma (...)

Abanyeshuri bo mu mashuri abanza bari mu bitaro nyuma yo kurya bombo zirimo urumogi

Minisitiri w’uburezi wa Jamaica yavuze ko abana barenga 60 bo muri icyo gihugu bajyanwe mu (...)

OMS yemeje urukingo rwa kabiri rwa Marariya itera intambwe ikomeye mu guhashya indwara yica abana cyane

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima ku Isi OMS ryemeje urundi rukingo rufite (...)

Igiciro cya lisansi cyatumbagiye cyane mu Rwanda

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse aho (...)

US: Senateri n’umuryango we bapfiriye mu mpanuka y’indege

Senateri wo ku rwego rwa leta wo muri North Dakota, umugore we n’abana babo babiri b’urubyiruko (...)

Umugore washyingiwe umusaza w ’imyaka 70 afite imyaka 13 yavuze akaga yahuye nako

Nancy Milanoi, 42, ni umugore wo mu bwoko bw’aba Masaai bo gihugu cya Kenya.

RDC: Tshopo abagera ku 1000 banduye icyorezo cya monkey pox

Kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka , hamaze kugaragara abanduye icyorezo cya Monkey pox biganje mu (...)

Leta ya Uganda yatangaje ko abaturage bayo abasaga miliyoni 8 baburara

Leta ya Uganda yagaragaje ko ihangayikishijwe n’abaturage miliyoni umunani bo muri iki gihugu (...)

0 | ... | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | 135 | 150 | 165 | ... | 1185