America imaze guha Ukraine amasasu miriyoni 1.1 nk’inkunga yayakiye Irani
Yanditswe: Thursday 05, Oct 2023
Igisirikare cya Amerika kivuga ko kimaze kohererza Ukraine amasasu imiriyoni 1.1 cyatse Irani mu mwaka uheze.
Ingabo z’Amerika zihagarariye ibikorwa bya gisirikare mu burasirazuba bwo hagati (Centcom), zivuga ko aya masasu yafatiwe mu bwato bwari bufite ibiburanga bya Yemen m’ Ukuboza (12).
Ibihugu by’inshuti na Ukraine mu burengerazuba biherutse gutangaza ko bifite bigowe bikomeye no guha Ukraine ubufasha ishaka kubera ibyo ikeneye mu rugamba iri kurwanamo na Uburusiya kuri ubu.
Centcom ivuga ko aya masasu ya Irani yoherejwe muri Ukraine kuri uyu wa mbere.
Leta ya Amerika isanzwe itera inkunaga y’ibikoresho by’intambara Ukraine, ariko kuri ubu ikomeje kwiyambaza ibihugu binyamuryango bya Otan kubera ubukana intambara yafashe n’ibikomeje gukenerwa ku rugamba byiyongereye.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *