skol
fortebet

America imaze guha Ukraine amasasu miriyoni 1.1 nk’inkunga yayakiye Irani

Yanditswe: Thursday 05, Oct 2023

featured-image

Sponsored Ad

Igisirikare cya Amerika kivuga ko kimaze kohererza Ukraine amasasu imiriyoni 1.1 cyatse Irani mu mwaka uheze.

Sponsored Ad

Ingabo z’Amerika zihagarariye ibikorwa bya gisirikare mu burasirazuba bwo hagati (Centcom), zivuga ko aya masasu yafatiwe mu bwato bwari bufite ibiburanga bya Yemen m’ Ukuboza (12).

Ibihugu by’inshuti na Ukraine mu burengerazuba biherutse gutangaza ko bifite bigowe bikomeye no guha Ukraine ubufasha ishaka kubera ibyo ikeneye mu rugamba iri kurwanamo na Uburusiya kuri ubu.

Centcom ivuga ko aya masasu ya Irani yoherejwe muri Ukraine kuri uyu wa mbere.

Leta ya Amerika isanzwe itera inkunaga y’ibikoresho by’intambara Ukraine, ariko kuri ubu ikomeje kwiyambaza ibihugu binyamuryango bya Otan kubera ubukana intambara yafashe n’ibikomeje gukenerwa ku rugamba byiyongereye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa