skol
fortebet

MONUSCO yemeje ubufasha bwayo kuri FARDC imerewe nabi na M23

Yanditswe: Monday 31, Oct 2022

featured-image

Sponsored Ad

MONUSCO yatangaje ko irigufasha FARDC, kandi ko iri kugira uruhare mu kurinda abaturage bari guhunga imiryano ikomeje hagati ya FARDC na M23.

Sponsored Ad

Kugeza ubu ngo inkomere z’intambara zirimo kwitabwaho n’ingabo za MONUSCO bijyanye no kubarinda kugirango badakomeza guhungabanywa n’imirwano, nk’uko Jenerali Benoit Chavannat, umuyobozi wungirije w’ingabo za MONUSCO,yabibwiye Radio Okapi

MONUSCO itangaje ibi mu gihe abantu bakomeje kwibaza ibyo ihuguyemo, kuko imirwano hagati ya FARDC na M23 ikomeje kwangiza abaturage mu buryo bwose nyamara ntigire icyo ikora kandi aricyo cyayizanye.

Nubwo umuyobozi wa MONUSCO avuga ko bari gufasha FARDC ntakibigaragaza kuko izi ngabo zikomeje gukubitwa incuro n’inyeshyamba za M23, zamaze no kubambura tumwe mu duce basanzwe bagenzura.

Icyakora yavuze ko ibyo bari gukora byise bari gushingira kucyabaze nye muri Congo, hario gufasha abaturage no koroshya ko ibikenerwa by’ibanze bibageraho ku gihe kandi neza, cyane binyuze mu gushakira umutekano umuhanda wa Goma Rutchuru.

Ibitekerezo

  • Ubushize iti nta bushobozi dufite bwahangana na M23. Mu kanya bati turafasha FARDC. Mbega mwamaze kugaragaza aho muhagaze. Babagote babakubite

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa