skol
fortebet

RDC: MONUSCO yatinye kurasa kuri M23 inyuze ku marembo y’ibirindiro byayo

Yanditswe: Monday 11, Mar 2024

featured-image

Sponsored Ad

Amashusho yakwirakwijwe n’abo mu mitwe ya Wazalendo yanengaga ingabo za MONUSCO zarebereye inyeshyamba za M23,ubwo abo barwanyi banyuraga ku cyicaro cyayo batonze umurongo,ntibarase kandi mu minsi ishize yaravuze ko igiye gufasha FARDC.

Sponsored Ad

Me Mbusa Nyamwisi Mukanda Umuvugizi wa Sosiyete Sivile mu gace ka Bwito ,yamaganye uku kurebera kwa MONUSCO ndetse yibaza igituma izi ngabo za MONUSCO zikiri muri Congo,kandi zimaze imyaka 21 zarananiwe kugarura amahoro.

Inyeshyamba za M23 zinjiye ku mugaragaro mu bice bya Kanyabayonga bigenzurwa na MONUSCO.

Uyu mutwe wa M23 umaze kwigarurira uduce twinshi ndetse urashaka ibiganiro na Perezida Tshisekedi kugira ngo uhagarike intambara.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa