skol
fortebet

Uwari Gitifu wa Gisagara yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo

Yanditswe: Thursday 02, Nov 2017

Sponsored Ad

Urukiko rw’ ibanze rwa Ndora rwakatiye Mvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara gufungwa iminsi 30.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Ugushyingo 2017, urukiko rw’ ibanze rwa Ndora rwafashe umwanzuro wo gufunga by’ agateganyo iminsi 30, Mukiyehe wari gitifu w’ akarere ka Gisagara.
Me Pascal Munyemana wunganira Mvukiyehe mu mategeko yatangarije UMURYANGO ko umukiriya we yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo gusa avuga ko bataramenya niba bazajurira.
Yagize ati (...)

Sponsored Ad

Urukiko rw’ ibanze rwa Ndora rwakatiye Mvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara gufungwa iminsi 30.

Kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Ugushyingo 2017, urukiko rw’ ibanze rwa Ndora rwafashe umwanzuro wo gufunga by’ agateganyo iminsi 30, Mukiyehe wari gitifu w’ akarere ka Gisagara.

Me Pascal Munyemana wunganira Mvukiyehe mu mategeko yatangarije UMURYANGO ko umukiriya we yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo gusa avuga ko bataramenya niba bazajurira.

Yagize ati “Nibyo urukiko rwamukatiye gufungwa iminsi 30…ntabwo turareba icyakorwa cyakurikiraho turagomba kubanza kureba imikirize y’ urubanza”

Mvukiyeho Innocent wahoze ari gitifu w’ akarere ka Gisagara akaza kwegura kuri uyu mwanya nyuma atabwa muri yombi. Arakekwaho icyaha cyo gutanga amasoko mu buryo burimo ruswa.

Inkuru bifitanye isano:Uwari Gitifu wa Gisagara yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’ agateganyo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa