skol
fortebet

Ubutabera

Nyamagabe: Umusore w’ imyaka 20 aremera ko yasambanyije igitambambuga

Umusore w’imyaka 20 wo mu Karere ka Nyamagabe akurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwana (...)

Muhanga: Umugabo wafatanywe ‘uburozi’ mu rukiko ngo hari ibintu yaciririye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Gasangwa Joseph wo mu Murenge wa Mwendo uburana n’ umugore we (...)

Ububiligi bukurikiranyweho gutererana Abatutsi 2000 bari bahungiye muri ETO

Ingabo z’ Ububiligi Leta y’ Ububiligi n’ abasirikare bayo batatu barimo umwe wamaze kwitaba (...)

Ntamuhunga watorotse gereza yavuze ko yidegembya anashima Imana

Umunyamakuru Ntamuhanga Cassien wari ufungiye muri gereza ya Mpanga mu karere ka Nyanza, akaza (...)

Ibindi bimenyetso bishinja uwibye miliyoni 10 Rwf muri T2000

Iperereza ku bujura bwa miliyoni 10 bwabaye mu ntangiriro z’uku kwezi muri T2000 ryerekanye (...)

Rusizi: Polisi yataye muri yombi abahigi batatu bicishije impongo amacumu

Ku itariki ya 26 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rusizi, yakoze umukwabu (...)

Ubushinjacyaha burakomeza gukurikirana Niyibikora ushinjwa gusebya abagore

Faustin Nkusi Urwego rw’ igihugu rw’ ubushinjacyaha mu Rwanda RPPA rwatangaje ko rurakomeza (...)

Umwana utawe n’umubyeyi atakaza isanomuzi

Byasa n’ibitungura nyirurugo kubyuka agasanga uruhinja imbere y’umuryango we atazi n’umwe mu (...)

Ubushinjacyaha bwasabye polisi gukora iperereza kuri Niyibikora uherutse kwibasira abagore

Ubushinjacyaha bw’ u Rwanda bwatangaje ko bwasabye polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe (...)

S/Lt Seyoboka yigambye ko ariwe warashe inzu y’Inteko (CND)

Uyu munsi ku rukiko rwa girisikare i Nyamirambo mu urubanza Sous Lieutenant Seyoboka Jean Caude (...)

Harakekwa akagambane na ruswa mu guteza cyamunara umutungo wa SINAPISI Rwanda

Umwe mu mitungo y’ umuryango ufasha abatishoboye Sinapisi Rwanda watejwe cyamura ngo hishyurwe (...)

Nyabihu: Perezida Kagame yategetse ko bishyurwa mu cyumweru bagiye ku bishinzwe ababwira ko Leta yahombye

Hari Abaturage bo mu karere ka Nyabihu bamaze imyaka 10 basaba kwishyurwa ingurane y’ ubutaka (...)

Kubwimana uregwa kwica umuturanyi we yasabiwe gufungwa burundu, avuga ko atazi niba yarishe umuntu kuko yari yasinze

Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Gashyantare 2018, rwaburanishirije (...)

Bizimungu wishe umugore babyaranye amutwitse yakatiwe

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye igifungo cya burundu Bizimana Faustin nyuma yo (...)

Musanze: Umugabo ushinjwa kwica umugore we akoresheje igitiyo yagejejwe mu rukiko

Ku wa 18 Mutarama 2018 mu Kagari ka KAMINA , Umurenge wa BUSENGO ho mu Karere ka GAKENKE (...)

0 | ... | 915 | 930 | 945 | 960 | 975 | 990 | 1005 | 1020 | 1035 | ... | 1110