Biryogo:Abaturage bashenguwe n’uburyo inzego z’umutekano zatwayemo umusore woza moto
Yanditswe: Saturday 28, Oct 2023
Inzego z’umutekano zanigaguye umusore bivugwa ko yoza moto kugira ngo zimwinjije mu modoka bamujyane kumufunga
Byabereye mu Biryogo, aho Dsso zanigaguye Bizimana J.Claude w’imyaka 22 kugira ngo zimwinjije mu modoka yabo.
Mu mashusho yasohowe n’umunyamakuru wa BTN TV, Ndahiro Valens yerekana Dasso n’abandi basore bari kunigagura umusore bamwinjiza mu modoka y’isuku n’umutekano.
Nyuma yo gusohora ayo mashusho, Ndahiro Valens yagize ati: “Abaturage bababajwe Cyanee nukuntu abana batunzwe no Guhanagura Moto, Imodoka Mugace Kazwi nko Mu biryogo batwarwa kwa Kabuga Kandi Bagatwarwa nabi Cyanee Mugihe Urubyiruko rushishikarizwa Kwihangira Imirimo ese Ibi birakwiye?”
#RwOT Abaturage bababajwe Cyanee nukuntu abana batunzwe no Guhanagura Moto ,Imodoka Mugace Kazwi nko Mubiryogo batwarwa kwa Kabuga Kandi Bagatwarwa nabi Cyanee Mugihe Urubyiruko rushishikarizwa Kwihangira Imirimo ese Ibi birakwiye?@Rwandapolice @RIB_Rw @PrimatureRwanda @oswaki pic.twitter.com/hoOZcNZwdA
— NDAHIRO Valens Papy (@NdahiroPapy) October 27, 2023
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *