skol
fortebet

Sobanukirwa uko wasaba imbabazi umukunzi wawe

Yanditswe: Sunday 14, Jun 2020

Sponsored Ad

skol

Umuntu uwo ari we wese ashobora gusaba imbabazi akerekana ko ababajwe n’ikibi yakoze, ariko ntabwo abantu bose ariko baba babyemera kandi bashobora kubitangira igisobanuro kijyanye n’igisubizo. Tekereza ku gusaba imbabazi kwawe kandi rwose ugere mu mizi y’ikibazo n’impamvu zabiguteye.

Sponsored Ad

Menya ko umukunzi wawe ashobora kwitega ko utekereza kubikorwa bibi byawe / cyangwa amagambo mabi wamubwiye mbere yuko umusaba imbabazi. Mbere yo kwaka imbabazi, tekereza ku bisubizo bihamye watanga bijyanye n’ibi bintu 4 bikurikira: [1]

1.Kuki wakoze ibyo wakoze, cyangwa wavuze ibyo wavuze, kugirango umubabaze.
2.Ni ubuhe buryo bw’imiterere yawe bwatumye ukora ibyo
3.Ni gute uteganya kubikemura kugirango wowe cyangwa umukunzi wawe mutazongera guhura n’ububabare.

Tangira ukoresheje ibintu byoroshye nka sinabishakaga “Mbabarira.” Ntubihinyure, cyangwa ngo ugerageze gusaba imbabazi utavuze ngo “birababaje.” Umukunzi wawe birashoboka ko yifuza kumva ayo magambo nyayo, witegure kuyavuga imbere kandi uko ari, “Birababaje Mbabarira”.

Niba agusabye kugenda, umubwire ko ushaka gusaba imbabazi. Mubwire ko ushaka rwose gukemura ikibazo no gusubiza umubano wanyu ku murongo. Ntumubwire nabi cyangwa ngo umuvugiremo; kuko ushobora kumutera ubwoba cyangwa kumubabaza nanone bigatuma ibintu birushaho kuba bibi.

4. Niba asa nkaho arakaye kandi akaba adashaka kumva imbabazi zawe akokanya, igendere ariko umubaze niba ushobora kumuhamagara muminsi mike ikurikiyeho.

Ibitekerezo

  • Buruko nganiye numugore kubyamafranga ararakara kuburyo ansaka bikabije

    Ese wasaba Ute imbabazi uwagukoshereje Ubona adashaka kugusaba imbabazi!

    Ese easaba gute imbabazi kumuntu utakuvugisha

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa