IMENYESHA RY’IYEGERANYA N’IGABANYA RY’UMUTUNGO W’AMAKOPERATIVE Y’ABAMOTARI
Yanditswe: Monday 20, Feb 2023
Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo aramenyesha abantu bose ko guhera tariki ya 19/02/2023 Koperative zitwa Komomu iherereye muhura, Ejoheza iherereye Murambi, Kotamoka iherereye Kabarore, Kotamorwi iherereye Rwimbogo, Kotamogi Imbaraga iherereye Gitoki ndetse na Komongo iherereye Ngarama ziri mw’iyegeranya n’igabanya ry’umutungo wazo.
Aramenyesha kandi abantu bose bafite aho bahuriye n’izi koperatize zavuzwe haruguru haba abanyamigabane bazo barimo imyenda, abo zibereyemo imyenda ndetse (...)
Ushinzwe iyegeranya n’igabanya ry’umutungo aramenyesha abantu bose ko guhera tariki ya 19/02/2023 Koperative zitwa Komomu iherereye muhura, Ejoheza iherereye Murambi, Kotamoka iherereye Kabarore, Kotamorwi iherereye Rwimbogo, Kotamogi Imbaraga iherereye Gitoki ndetse na Komongo iherereye Ngarama ziri mw’iyegeranya n’igabanya ry’umutungo wazo.
Aramenyesha kandi abantu bose bafite aho bahuriye n’izi koperatize zavuzwe haruguru haba abanyamigabane bazo barimo imyenda, abo zibereyemo imyenda ndetse n’abandi kuyandikisha aho ubishinzwe akorera i Kigali St Famille bitarenze Tariki ya 25/02/2023 saa kumi n’imwe z’umugoroba (17h:00).
Wifuza ibindi bisobanuro yasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se agahamagara kuri: +250788884528.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *