skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

M23 yashyizeho abayobozi bashya mu duce igenzura

Nkuko byatangajwe mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Bunagana ku ya 18 Ugushyingo 2023, Perezida wa M23 yamaze gushyiraho abayobozi b’uduce uyu mutwe wafashe muri...
24 January 2024 Yasuwe: 1445 0

Afurika y’Epfo: Perezida yirukanye Umujyanama we amuziza dipolome

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo yirukanye umuhanga mu byerekeye ubukungu mu ikipe y’abajyanama be mu gihe hari ibibazo ku mpamyabumenyi ye ya...
24 January 2024 Yasuwe: 1742 0

#AFCON2023:Mauritania yasezereye Algeria mu gihe Cameroon yakomeje bigoranye

Ikipe ya Algeria nindi ikomeye yasezereye mu gikombe cya Afurika nyuma yo gutsindwa ku mukino wa gatatu na Mauritania igitego 1-0.
24 January 2024 Yasuwe: 930 0

Rusizi: Umwarimu yaguwe gitumo ari gusambanya umwana w’imyaka 15

Umwarimu w’imyaka 32 wigisha mu ishuri ribanza rya Mukenke, mu Murenge wa Nkungu, Akarere ka Rusizi yafunzwe nyuma yo gufatirwa mu cyuho asambanyiriza umwana w’imyaka 15 mu ishyamba ry’umuturage...
23 January 2024 Yasuwe: 2906 0

Interforce FC yakoze Rayon Sports mu jisho isezererwa kigabo mu gikombe cy’Amahoro

Interforce FC yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1, ariko isezererwa ku giteranyo cy’ibitego 5-2 mu mikino ibiri ya 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro.
23 January 2024 Yasuwe: 2045 0

U Burundi bwihakanye amagambo Perezida Ndayishimiye yavuze ku Rwanda

Abategetsi b’u Burundi baravuga ko u Rwanda rwumvise nabi ibyatangajwe na Perezida Evariste Ndayishimiye ku gukangurira urubyiruko rw’u Rwanda kwitabira ibikorwa by’akarere. Ngo kwikoma iki gihugu...
23 January 2024 Yasuwe: 4465 0

Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’abanyeshuri bo muri Kaminuza bimwe mudasobwa

Perezida Kagame yavuze ko nta gihe umunyeshuri adakenera mudasobwa ari kwiga, ahubwo hakwiye gukorwa igenzura rigamije guhana abakoresha nabi imashini bahawe na leta ariko abazikeneye bakazihabwa...
23 January 2024 Yasuwe: 1215 0

Umutoza wa Kiyovu Sports ntiyatoje umukino Gorilla FC yabasereye mu gikombe cy’Amahoro

Umutoza wa Kiyovu Sports,Joslin Bipfubusa, n’umwungiriza we Nzigamasabo Stève ntibari ku mukino iyi kipe yakinnye na Gorilla FC muri 1/8 cy’irangiza mu gikombe...
23 January 2024 Yasuwe: 1349 0

"Abanyarwanda bihagije mu biribwa ku kigero cya 78%"-Raporo ya NST1

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, avuze ko imyanzuro 13 y’Inama y’igihugu y’Umushyikirano y’umwaka ushize yashyizwe mu bikorwa ku gipimo cya 91%.
23 January 2024 Yasuwe: 274 0

’Aha mu Rwanda ntabwo mucumbitse,ni iwanyu’-Perezida Kagame akebura abahora barota kujya mu mahanga

Perezida Kagame yakebuye Abanyarwanda baba mu Rwanda ibirenge bidakora hasi nk’aho igihugu atari icyabo ko aho bari ari iwabo ndetse amahanga ahanda.
23 January 2024 Yasuwe: 984 0
0 | ... | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | ... | 23880