skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Allegri yatangaje byinshi kuri Kane barahangana uyu munsi muri UEFA Champions League

Umutoza Massimiliano Allegri w’ikipe ya Juventus irakira Tottenham uyu munsi mu mikino ya 1/8 cya UEFA Champions League ,yavuze ko rutahizamu Harry Kane ataragera ku rwego rwa rutahizamu we...
13 February 2018 Yasuwe: 501 0

Ibyamamare byifotoje byambaye ubusa bikavugisha benshi mu bakunzi babyo [AMAFOTO]

Ku munsi w’ejo nibwo umuhanzikazi Rita Ora ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza cyashyize hanze amafoto yambaye uko cyavutse bituma byinshi mu bitangazamakuru bigaruka kuri uyu muco mubi ukomeje koreka...
13 February 2018 Yasuwe: 4072 2

Abanya Eritrea baba mu Rwanda bakiriye ikipe yabo yitabiriye shampiyona y’Afurika [AMAFOTO]

Abanya Eritrea baba mu Rwanda bakiriye ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare igiye kwitabirira imikino ya shampiyona y’Afurika muri uyu mukino izatangira ku munsi w’ejo taliki ya 14...
13 February 2018 Yasuwe: 1144 0

Umukunzi wa Bellerin wo muri Arsenal yashyize hanze amafoto ye yambaye akenda k’ imbere

Myugariro w’ikipe ya Arsenal Hector Bellerin akomeje kugarukwaho na benshi kubera uburanga bw’umukunzi we Shree Patel usanzwe ari umunyamideli mu gihugu cy’Ubwongereza ndetse ukunze kwambara Bikini...
13 February 2018 Yasuwe: 1636 0

De Bruyne watwawe umugore na Courtois yavuze impamvu atakiniye Uburundi

Umukinnyi Kevin De Bruyne uri mu bihe byiza mu ikipe ya Manchester City,yatangaje byinshi yanyuzemo mu buzima birimo gutwarwa umugore na mugenzi we bakinana mu Bubiligi Thibaut Courtois ndetse no...
13 February 2018 Yasuwe: 6450 0

Mayele yikomye imyitwarire y’ abafana ba Rayon Sports

Umutoza w’ikipe ya Lydia Ludic Academic Bankuwiha Emmanuel bakunze kwita Mayele yikomye amagambo y’abafana b’ikipe ya Rayon Sports bamubwiye ko ikipe ye iri hasi bazayinyagira ibitego byinshi....
13 February 2018 Yasuwe: 2410 0

Nyuma yo gutsindwa abakinnyi bakubise umufana wabo baramukomeretsa [AMAFOTO]

Abakinnyi b’ikipe ya Independiente de Neuquen yo mu cyiciro cya 3 muri Argentine bakubise umufana wabo nyuma yo gutsindwa na mukeba wabo Cipoletti ibitego 3-0. Ubwo iyi kipe yakiniraga mu rugo...
12 February 2018 Yasuwe: 2138 0

Imyambarire y’umukunzi wa Neymar mu birori bya Rio Carnival yatangaje abatari bake [AMAFOTO]

Umukunzi wa Neymar Bruna Marquez usanzwe ari umunyamideli ndetse agakina amafilimi yatunguye benshi mu babonye amafoto ye ari mu birori ngarukamwaka bya Rio Carnival bibera mu mugi wa Rio de...
12 February 2018 Yasuwe: 4282 1

Kwizera Pierrot utishimiye umwanya ari gukinaho yasabye abakinnyi ba Rayon Sports kwitanga cyane

Kizigenza w’ikipe ya Rayon Sports Kwizera Pierrot aratangaza ko iyo akinnye yegereye Niyonzima Olivier Sefu aribwo akina neza kurusha yegereye ba rutahizamu,aboneraho gusaba bagenzi be bakinana...
12 February 2018 Yasuwe: 3265 0

Mourinho yabwiye amagambo akomeye abakinnyi ba Manchester United

Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yavuze ko abakinnyi be bitwaye nabi cyane ku munsi w’ejo ubwo batsindwaga na Newcastle igitego 1-0 ku buryo niyo wari kubongera amasaha 10 batari...
12 February 2018 Yasuwe: 1431 0
0 | ... | 23690 | 23700 | 23710 | 23720 | 23730 | 23740 | 23750 | 23760 | 23770 | ... | 24020