skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Rayon Sports yahishuye akayabo izatanga mu rugendo rwo muri Libya,inavuga ku byo kunganya cyane muri...

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle,yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru cyagaruka ku rugendo Gikundiro yitegura kugirira muri Libya aho izakinira na Al Hilal SC Benghazi mu Ijonjora rya...
7 September 2023 Yasuwe: 1713 0

Yakubise umugore amugira intere amuziza kumwima nimero ya telefone

Umugore w’umunyamerika yajyanywe mu bitaro yakomeretse mu isura kandi yabyimbye nyuma yo gukubitwa n’umugabo wamusabye nimero ya telefoni ngo ajye amutereta...
7 September 2023 Yasuwe: 1735 0

Muhanga: Inkuba yakubise umwana w’imyaka 8 arapfa

Umwana witwa Nisingizwe Benjamin w’Imyaka 8 wo mu Murenge wa Muhanga, Akarere ka Muhanga yakubiswe n’inkuba ahita apfa arimo gufata amafunguro ya ku manywa.
7 September 2023 Yasuwe: 955 0

Meteo Rwanda yahaye amakuru abategereje imvura mu Rwanda hose

Ikigo cy’Igihugu gishizwe ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kiratangaza ko kuri uyu wa Kane tariki ya 07 Nzeri 2023, hagati ya saa 12:00 na saa 18:00 hateganyijwe imvura mu Turere twose...
7 September 2023 Yasuwe: 3771 0

Umunyezamu Kepa yibasiye Chelsea afitiye amasezerano

Umunyezamu Kepa Arrizabalaga yashyize agatotsi ku mubano we n’ikipe ya Chelsea,ubwo yayivugagaho amagambo yo kuyinenga ku mugaragaro.
7 September 2023 Yasuwe: 923 0

Kujyanwa mu Rwanda ’biruta gusubira mu rugo’-Abasaba ubuhungiro mu Bwongereza

Bamwe mu bari kigo cy’abasaba ubuhungiro mu bwongereza, babwiye The Times ko inzira zakoreshwa ngo babuhabwe zirimo no kubazana mu Rwanda ari nziza kuruta kuboherezwa mu bihugu byabo birimo...
7 September 2023 Yasuwe: 1302 0

Amavubi yafashe urugendo rwerekeza aho izakinira na Senegal [AMAFOTO]

Ikipe y’Igihugu,Amavubi, yamaze guhaguruka i Kigali yerekeza mu ntara y’Amajyepfo aho izakomereza imyitozo mu karere ka Huye ahateganyijwe kubera umukino uzayihuza na Senegal mu mikino yo gushaka...
7 September 2023 Yasuwe: 795 0

Musinguzi Frank yasubijwe Motel ye yari yarambuwe n’uwahoze ari umusirikare ukomeye

Musinguzi Fred ukorera imirimo y’ubushabitsi mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, yamaze gusubizwa Hoteli ye yari yarambuwe n’uwahoze ari umusirikare mu ngabo z’u...
7 September 2023 Yasuwe: 4151 0

ADN yakuyeho icyaha umugabo nyuma y’imyaka 47 ahamijwe gufata umukobwa ku ngufu

Nyuma y’imyaka 47, umugabo w’i New York yahanaguweho icyaha nyuma yuko ikizamini gishya cy’ingirabuzima-fatizo (DNA/ADN) kigaragaje mu buryo budashidikanywaho ko atari we yafashe umukobwa ku ngufu...
7 September 2023 Yasuwe: 705 0

Gabon: Abahiritse ubutegetsi bavuze ko Ali Bongo ubu yidegembya

Abasirikare bafashe ubutegetsi muri Gabon batangaje ko gufungira Ali Bongo iwe mu rugo byarangiye, ko ubu “ashobora gusohoka akidegembya”.
7 September 2023 Yasuwe: 539 0
0 | ... | 2640 | 2650 | 2660 | 2670 | 2680 | 2690 | 2700 | 2710 | 2720 | ... | 24040