skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Amakipe yo muri Premier League arifuriza Man City igihano gikomeye cyane

Amakipe yo muri Premier League biravugwa ko ashaka ko Manchester City imanurwa mu cyiciro cya kabiri nihamwa n’ibyaha byo kwica amategeko 100 agenga kugura no kugurisha abakinnyi. Abayobozi...
7 February 2023 Yasuwe: 1538 0

Umuryango wa Sankara wanze kuzitabira umuhango wo kumushyingura

Ibisigazwa by’umubiri wa Thomas Sankara wahoze ari perezida wa Burkina Faso byitezwe ko bishyingurwa ahubatswe urwibutso rwe, ariko umuryango we uvuga ko utazitabira uwo muhango kandi kuko aho...
7 February 2023 Yasuwe: 2055 0

Gicumbi:Polisi yafashe umugabo ushinjwa kwiba moto ku rusengero

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Gicumbi, yagaruje moto yari yibwe nyuma y’isaha imwe gusa iburiwe irengero, igafatanwa umugabo w’imyaka 46 y’amavuko ubwo yerekezaga mu Mujyi wa Kigali. Kalisa Fred...
7 February 2023 Yasuwe: 923 0

’Ntituzaganira, kandi ntiduteganya kuganira na M23’-Umuvugizi wa Leta ya RDC

Umuvugizi wa Leta ya DR Congo yatangaje ko batazaganira kandi “ntiduteganya kuganira n’umutwe wa M23” niba idakurikije ibyo yasabwe n’amasezerano ya Luanda. Patrick Muyaya yabwiye kandi...
7 February 2023 Yasuwe: 3665 2

Perezida Kagame yihanganishije Turukia na Syria bashegeshwe n’umutingito

Mu gihugu cya Turukiya na Syria habaye umutingito ukomeye cyane wahitanye abarenga 2000 hanyuma abarenga, abandi benshi barakomereka. Perezida Paul Kagame yihanganishije ibi bihugu byombi...
6 February 2023 Yasuwe: 898 0

Nyanza: Umugabo arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka irindwi yareraga

Umugabo wo mu Karere ka Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda akurikiranyweho gusambanya umwuzukuru w’umugore we. Iki cyaha uwitwa Samuel w’imyaka 43 y’amavuko akekwaho cyabereye mu Karere ka Nyanza mu...
6 February 2023 Yasuwe: 1680 0

Christian Atsu wakiniye Chelsea yagwiriwe n’ibikuta byasenywe n’umutingito muri Turukiya

Uwahoze ari umukinnyi wa Chelsea na Newcastle, Christian Atsu ari mu bantu bagwiriwe n’ibikuta nyuma y’umutingito ukomeye wo ku gipimo cya 7.8 watikije Turukiya na Siriya. Uyu munya Ghana...
6 February 2023 Yasuwe: 2169 0

Abafana ba Kiyovu Sports bashinjwaga gutuka Mukansanga barekuwe

Abafana batandatu ba Kiyovu Sports bari bamaze iminsi bafunzwe bagizwe abere ndetse bahita barekurwa kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gashyantare 2023. Aba bafana bari bafunzwe kubera ibyaha...
6 February 2023 Yasuwe: 913 1

Leta ya Kongo yashinje M23 kurasa Ku ndege ya MONUSCO

Guverinoma ya Congo ivuga ko yamaganye igikorwa cyo kurasa ku ndege ya MONUSCO aho yashinje umutwe wa M23 kuba inyuma y’iki gitero. Ibi byabaye mu gihe ku wa Gatandatu i Bujumbura hateranye...
6 February 2023 Yasuwe: 1325 0

Perezida Tshisekedi yemereye ikintu gikomeye bagenzi be mu nama i Bujumbura

Perezida Tshisekedi yemereye abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ko Guverinoma ye izagirana ibiganiro n’umutwe wa M23,umaze amezi menshi uhanganye n’ingabo ze. Muri...
6 February 2023 Yasuwe: 2821 0
0 | ... | 4000 | 4010 | 4020 | 4030 | 4040 | 4050 | 4060 | 4070 | 4080 | ... | 24030