skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Ally Niyonzima yagaragaye asomana byimbitse n’umukunzi we aheruka kwambika impeta

Umukinnyi Niyonzima Ally wakiniye amakipe akomeye hano mu Rwanda ubu akaba akinira Bumamuru FC yo mu cyiciro cya mbere mu Burundi,yagaragaye asomana byimbitse n’umukobwa bagiye...
16 January 2023 Yasuwe: 1991 2

Perezida Museveni nawe yafatiye ingamba abakozi ba leta bahora mu ngendo hanze

Perezida wa Uganda Yoweri Museveni mu mpera z’iki cyumweru yasabye ko hafatwa umwanzuro wo guhagarika ingendo zo hanze ku badepite n’abakozi ba leta kugira amafaranga bahora batwara akoreshwe mu...
16 January 2023 Yasuwe: 1395 0

Hamenyekanye abakinnyi batanu Arsenal yifuza kuvanamo umwe igura

Kuwa Gatandatu,ikipe ya Arsenal yahombye umukinnyi Mykhailo Mudryk yari imaze iminsi yirukaho,waguzwe na Chelsea ku munota wa nyuma. Mikel Arteta nabo bakorana,bari bamaze gutanga asaga...
16 January 2023 Yasuwe: 2203 0

Urukiko rwasubitse isomwa ry’ubujurire bwa Bamporiki

Isomwa ry’Urubanza ruregwamo BAMPORIKI Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no kwakira indonke rwasubitswe rwimurirwa...
16 January 2023 Yasuwe: 1055 0

Perezida Tshisekedi yahaye isezerano rikomeye ibyihebe byiciye Abakristu mu rusengero

Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yamaganye igitero cya bombe yatezwe ku rusengero rwa CEPAC igahitana abantu barenga 10 ahitwa Kasandi mu burasirazuba bwa RDC. Perezida Felix Tshisekedi...
16 January 2023 Yasuwe: 1927 0

RDC: Umunya Kenya yatawe muri yombi ashinjwa gutera igisasu mu rusengero

Umuntu ufite ubwenegihugu bwa Kenya yatawe muri yombi ashinjwa uruhare mu gitero cy’igisasu cyaturikiye mu rusengero ejo ku Cyumweru I Kasindi mu ntara ya Kivu ya Ruguru mu burasirazuba bwa...
16 January 2023 Yasuwe: 1447 0

Abaganga ba Baho International Hospital bahanaguweho icyaha cyo kwica umuntu bashinjwaga

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ruheruka kwemeza ko nta bimenyetso simusiga bigaragaza ko habaye uburangare bw’abaganga mu rupfu rwa Kamanzi Ngwinondebe Chantal. Kamanzi wari ufite imyaka 54...
16 January 2023 Yasuwe: 1440 0

Haramenyekana umwanzuro ku bujurire bwa Bamporiki Edouard

Kuri uyu wa Mbere,tariki ya 16 Mutarama 2023, Urukiko Rukuru ruratangaza umwanzuro ku bujurire bwa Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’umuco....
16 January 2023 Yasuwe: 1214 0

Kevin Monnet Paquet yemereye umutoza w’Amavubi kuyakinira vuba

Umutoza w’Amavubi,Umunya Espagne,Carlos Alos Ferrer yasuye umunyarwanda Kevin Monnet Paquet muri Cyprus aho uyu musore akina. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze,uyu mutoza yashyize hanze...
16 January 2023 Yasuwe: 1134 0

Ian Kagame yagaragaye mu barinzi ba Perezida Kagame

Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame,yagaragaye mu barinda se nyuma y’amezi make ahawe ipeti rya sous lieutenant. Uyu musirikare ukiri muto, aheruka kwinjira igisirikare tariki 04...
16 January 2023 Yasuwe: 5226 1
0 | ... | 4090 | 4100 | 4110 | 4120 | 4130 | 4140 | 4150 | 4160 | 4170 | ... | 23890