skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

King James yahaye igisubizo gitangaje uwamubajije niba azasaza adashatse

Umuhanzi King James uri mu bakomeye cyane mu Rwanda yavuze kuri gahunda nyinshi afite ariko ntiyavuga igihe nyacyo azakorera ubukwe. Mu kiganiro yahaye Radio Kiss FM kuwa Gatanu w’icyumweru...
26 September 2022 Yasuwe: 3027 0

Hamenyekanye umuperezida wa Afurika wanze kujya gutabariza Umwamikazi Elizabeth agenda muri Bisi

Mu cyumweru gishize,benshi mu Banyafurika bacitse ururondogoro nyuma yo kubona abayobozi babo muri bisi berekeza mu muhango wo gutabariza [gushyingura] nyakwigendera Umwamikazi Elizabeth wa II i...
26 September 2022 Yasuwe: 6125 4

Musanze: Polisi yafashe magendu y’imitobe yari ivuye muri Uganda

Ku wa Gatandatu taliki ya 24 Nzeri, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Musanze yafashe abantu babiri bakurikiranyweho kwinjiza mu gihugu amacupa 6600 y’imitobe yitwa Novida mu buryo bwa magendu,...
26 September 2022 Yasuwe: 577 0

RDC: Ingabo za Kenya zigiye guhashya M23 zanyuze ku mupaka w’aho igenzura

Umunyamakuru wa Politiki wo muri Kenya, Mwangi Maina, yatangaje ko ingabo za Kenya zageze muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa Gatanu w’icyumweru gishize. Igitangaje cyane nuko...
26 September 2022 Yasuwe: 2011 0

Perezida Ruto n’umugore we bazanye agashya muri Perezidansi ya Kenya

Perezida mushya wa Kenya,William Ruto,yavuze ko Perezidansi ya Kenya igiye kujya iberamo ibiterane ngarukakwezi byo gushima Imana. Madamu wa Perezida wa Repubulika, Rachel Ruto, ubu avuga ko...
26 September 2022 Yasuwe: 1778 0

Fabio Capello yahishuye impamvu itangaje yatumye akura Ronaldo wo muri Brazil muri Real Madrid

FABIO CAPELLO yatangaje ko yishimiye kugurisha Ronaldo kubera ko uyu munyabigwi wo muri Brazil yakundaga "ibirori n’abagore". Uyu wahoze ari umutoza w’Ubwongereza ndetse yaratunguwe ubwo AC Milan...
26 September 2022 Yasuwe: 1413 0

Umusirikare wa RDC yafatiwe ku butaka bw’u Rwanda afite intwaro

Ubuyobozi bw’inzego z’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, buremeza ko Umusirikare w’iki Gihugu, yafatiwe ku butaka bw’u Rwanda, nyuma yo kubwinjiraho aje gutashya inkwi zo...
26 September 2022 Yasuwe: 1606 0

Uganda: Birakekwa ko Ebola imaze kwica ‘abantu 21’

Minisiteri y’ubuzima ya Uganda yatangaje ko bishoboka ko Ebola imaze kwica abantu 21, abo barimo bane byemejwe neza ko ariyo yabishe na 17 bagikeka ko ari yo yabahitanye. Iyi ndwara yatangajwe...
26 September 2022 Yasuwe: 191 0

NESA yatangaje igihe izashyirira hanze amanota y’ibizamini bya Leta

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyashyize gitangaza igihe kizashyirira hanze amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya leta mu mashuri abanza no mu kiciro...
25 September 2022 Yasuwe: 1596 1

Perezida Ruto yamennye ibanga ry’ibyo yaganiriye na Kagame ku mutekano wa RDC

Perezida wa Kenya William Ruto yavuze ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC ikomeje gushinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23. Mu kiganiro cyihariyeyagiranye na Al Jazeera, Perezida...
25 September 2022 Yasuwe: 5215 1
0 | ... | 5440 | 5450 | 5460 | 5470 | 5480 | 5490 | 5500 | 5510 | 5520 | ... | 23880