skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Mbappe yatunguranye kubera amagambo yavuze kuri Cristiano Ronaldo na Messi

Rutahizamu wa PSG,Kylian Mbappe avuga ko kugera ku rwego rwa Messi na Ronaldo bidashoboka ahanini bitewe n’uduhigo bakoze mu mupira w’amaguru ndetse na n’ubu bakaba bagikataje mu kudukora. Aganira...
1 July 2022 Yasuwe: 3947 0

Imipira izakinwa mu gikombe cy’Isi 2022 yashyizwemo ikoranabuhanga rifasha kuvumbura uwaraririye

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku isi [FIFA] yemeje ko hazifashishwa ikoranabuhanga mu gusifura kurarira [hors jeu/offside]. Mu mipira izakinwa mu gikombe cy’isi harimo akuma...
1 July 2022 Yasuwe: 2486 0

Perezida Biden yijeje RDC kuyifasha mu bijyanye n’Umutekano wayo wadogejwe na M23

Perezida wa US,Joe Biden abinyujije mu butumwa bwo kwifuriza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo isabukuru y’imyaka 62 y’ubwigenge,yijeje iki gihugu kugifasha mu by’umutekano. Muri ubu...
1 July 2022 Yasuwe: 2675 0

PSG yasinyishije umukinnyi wa mbere muri iyi mpeshyi

Ikipe ya PSG yatangaje ko yasinyishije Vítor Machado Ferreira "Vitinha" wakiniraga FC Porto, wanayihesheje ibikombe 2 bya shampiyona ya Portugal biheruka. Uyu musore w’imyaka 22 niwe wa mbere...
1 July 2022 Yasuwe: 1129 0

Mashami Vincent yabonye akandi kazi nyuma yo kwirukanwa mu Mavubi

Umutoza Mashami Vincent yamaze kwerekeza mu ikipe ya Police FC nk’umutoza mukuru, uje gusimbura Frank Nuttal utaritwaye neza muri iyi kipe.Amakuru aravuga ko yasinye imyaka 2. Amakuru agera ku...
1 July 2022 Yasuwe: 3896 0

Kizigenza Chris Froome ari gushakira u Rwanda inkunga yo kubaka ikigo kigezweho cy’umukino wo gusiganwa ku...

Umunyabigwi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Chris Froome,watwaye Tour de France inshuro enye, ayoboye ubukangurambaga bwo gukusanya amayero asaga 300.000 (hafi miliyoni 320 z’amafaranga y’u...
1 July 2022 Yasuwe: 970 0

Tottenham yaguze rutahizamu wifuzwaga n’amakipe akomeye mu Bwongereza

Ikipe ya Tothenham Hotspurs yamaze kurangizanya na Richarlison wakiniraga ikipe ya Everton , uyu munyabrazili yaguzwe miliyoni 50 zamapawundi, yamaze no gukora ikizami cy’ubuzima muri Brazil...
1 July 2022 Yasuwe: 799 0

Leta y’u Rwanda yiyemeje kunganira ibikorwa bifasha mu guhangana n’ihindagurika ry’ibiciro ku isoko

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yatangaje ko mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2022-2023, guverinoma izakomeza kunganira ibikorwa bitandukanye bizafasha igihugu guhangana...
1 July 2022 Yasuwe: 435 0

Iryinyo rya Lumumba ryashyinguwe nyuma y’imyaka 61 ribitswe n’Ababiligi

Nyuma y’imyaka 61 yishwe n’inyeshyamba zakoranaga n’abacanshuro b’Ababiligi, iryinyo rya Patrice Lumumba ryashyinguwe mu cyubahiro. Nicyo gce cy’umubiri we cyonyine cyari gisigaye nyuma y’aho...
1 July 2022 Yasuwe: 462 0

Umunyamakuru yakoze ikirori kidasanzwe cyo gusezera ku mbwa ye yapfuye

Umunyamakuru wo kuri TV uzwi cyane muri Afurika yepfo, Moshe Ndiki, wapfushije imbwa ye, Sugar Ndiki, yayikoreye ibirori bihambaye byo kuyisezeraho. Umuryango wa Ndiki n’inshuti bateraniye mu...
30 June 2022 Yasuwe: 1475 0
0 | ... | 6430 | 6440 | 6450 | 6460 | 6470 | 6480 | 6490 | 6500 | 6510 | ... | 23880