skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Kera kabaye Marines FC yatsinze APR FC ariko inanirwa kuyisezerera

Ikipe ya Marines FC yatunguranye itsinda APR FC igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro gusa inanirwa kuyisezerera kuko mu mukino ubanza wabereye I Rubavu yari yatsinzwe...
4 May 2022 Yasuwe: 1299 0

Dosiye ya Ishimwe Dieudonne [Prince Kid] irimo ibyaha 3 bikomeye yashyikirijwe Ubushinjacyaha

Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 04 Gicurasi 2022, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwohereje mu bushinjacyaha dosiye ya Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid uyobora ikigo gitegura irushanwa rya...
4 May 2022 Yasuwe: 1830 1

Mali: Ba bana b’impanga 9 bavukiye rimwe bujuje isabukuru y’umwaka mu "buzima bwiza"

Abana icyenda b’impanga, ari nabo bonyine ku isi, "bafite ubuzima bwiza" mu gihe bari kwizihiza isabukuru y’umwaka umwe, nk’uko se yabibwiye BBC. Abdelkader Arby usanzwe ari umusirikare mu ngabo...
4 May 2022 Yasuwe: 2213 0

Leta y’u Burundi yatangaje umubare wa nyawo w’abasirikare bayo bapfuye

Perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ko Africa yatakaje "abahungu n’abakobwa ku rubuga rw’icyubahiro", yihanganisha imiryango yapfushije abayo muri iki...
4 May 2022 Yasuwe: 2019 1

Imodoka ya APR FC yakoze impanuka igiye gukina na Marines FC [AMAFOTO]

Ikipe ya APR FC yakoze impanuka ya bisi yari itwaye abakinnyi bayo ijya gukina na Marines i Shyorongi mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cy’irushanwa ry’igikombe cy’Amahoro.Iyi mpanuka nta mukinnyi...
4 May 2022 Yasuwe: 2630 0

Abakinnyi ba PSG bahaye isezerano rikomeye u Rwanda bise"igihugu cyiza"

Abakinnyi ba Paris Saint-Germain, Sergio Ramos, Keylor Navas, Thiro Kerler na Julian Draxler bagaragaje ko bagize ibyishimo birenze mu ruzinduko bagiriye mu Rwanda kandi basezeranya ko bazasaba...
4 May 2022 Yasuwe: 2534 0

"APR FC irakomeye ariko ntikomeye kuturusha ”-Perezida wa Rayon Sports

Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports ikatishije itike ya 1/2 cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro yifuza gutwara ikongera guhagararira u Rwanda, Perezida wayo, Uwayezu Jean Fidele yatangaje ko nubwo uyu...
4 May 2022 Yasuwe: 1030 0

Abakinnyi ba Liverpool bahishuye ijambo rikomeye Kloop yababwiye bamaze gutsindwa na Villarreal

Iminota 45 y’umukino wo kwishyura wa 1/2 cya UEFA Champions League waraye uhuje Liverpool na Villarreal cyarangiye mu bwoba bwinshi ku bafana b’iyi kipe yo mu Bwongereza kuko impamba yayo yari...
4 May 2022 Yasuwe: 1636 0

Mohamed Salah yahishuye ikipe yifuza ko bazahura ku mukino wa nyuma wa Champions League

Mohamed Salah nta gushidikanya,yahishuye ikipe ashaka ko Liverpool yazahura nayo ku mukino wa nyuma wa Champions League baraye bagezeho batsinze Villarreal ibitego 3-2 byiyongera kuri 2-0 bari...
4 May 2022 Yasuwe: 1143 0

Somalia Ingabo zisaga 30 z’u Burundi zishwe n’inyeshyamba za Al-Shabab

Leta ya Somalia n’umuryango w’ubumwe bwa Africa byatangaje ko byamaganye "igitero cy’iterabwoba" cyakozwe ku kigo cy’ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bwa ATMIS muri...
4 May 2022 Yasuwe: 489 0
0 | ... | 7120 | 7130 | 7140 | 7150 | 7160 | 7170 | 7180 | 7190 | 7200 | ... | 23880