Ma Yun ‘Jack Ma’ washinze ikigo cya Alibaba Group Holding Limited gikora ubucuruzi kuri interineti (e-commerce), uri mu Rwanda yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 ruherereye ku...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017 nibwo Sean Spicer wari umunyamabanga ushinzwe itumanaho mu biro bya Perezida wa Amerika (USA), Donald Trump yeguye ku mirimo ye ....
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben muri muzika nyarwanda akaba asigaye atuye muri Amerika (USA) ahamanya ko ubwogero (Douche) bwazamuye inganzo ye, ngo mu gihe ari koga yumva neza amajwi...
Kuri uyu wa kane tariki ya 20 Nyakanga 2017 nibwo Umuherwe Jack Ma washinze ikompanyi ikora ibijyanye n’ubucuruzi bwo kuri internet "Alibaba Group" yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama...