Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 21 Mata 2024, nibwo hatangajwe inkuru y’umwana w’umukobwa w’uruhinja watabawe n’abaganga ku buryo bw’igitangaza, ateruwe mu nda ya nyina wari umaze kwicwa n’ibisasu...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gicurasi 2024 nkuko bisanzwe buri wa gatandatu wa nyuma w’ukwezi mu Rwanda hakorwa umuganda rusange aho abaturage ndetse n’abayobozi bahurira hamwe...
Repubulika ya Demokarasi ya Kongo irashinja sosiyete y’Abanyamerika ya Apple gukoresha amabuye y’agaciro ava mu bujura no mu nzira zidasobanutse mu gukora ibikoresho by’itumanaho rigezweho birimo...