skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Hagaragajwe ubusumbane bukabije mu ikwirakwiza ry’inkingo za Covid-19

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryagaragaje ubusumbane bukabije mu gukwirakwiza inkingo za Coronavirus hagati y’ibihugu bikize n’abakene.
10 April 2021 Yasuwe: 3317 0

Nyanza:Tuyizere Xavier ufite abana 3 na Mayira Thierry baguye mu mwobo wahoze ari umusarane,bakuwemo bigoranye...

Kuri uyu wa Gatanu ahagana saa Tatu z’igitondo, abagabo babiri bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza baguye mu mwobo wahoze ukoreshwa nk’umusarane ubwo bari bagiye kuviduramo...
10 April 2021 Yasuwe: 8745 5

AU yahagaritse kugura inkingo za AstraZeneca ijya mu biganiro byo kugura iza Johnson & Johnson zitangwaho doze imwe gusa...

Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe wahagaritse gahunda yo kugura inkingo za AstraZeneca zikorerwa mu Buhinde, kubera uburyo ubu bigoye kuzibona, ijya mu biganiro byo kugura iza Johnson &...
10 April 2021 Yasuwe: 2764 0

Nyakabanda:Ikosa rimwe gusa ryari ritumye ahira munzu n’abaturanyi be badasigaye

Umusore w’ingaragu wibana utuye mu Mudugudu wa Gapfupfu, Akagali ka Nyakabanda ya II, mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, ho mu Mujyi wa Kigali, mu gicuku cyo kuri uyu wa 10 Mata...
10 April 2021 Yasuwe: 6590 1

Bamporiki Edouard yasabye urubyiruko kumenya u Rwanda bakaruzirikana mu byo bahugiramo byose

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, yasabye urubyiruko kumenya u Rwanda, bakaruzirIkana mu byo bahugiramo byose bakarurwanirira bakoresheje intwaro...
10 April 2021 Yasuwe: 830 0

Kaminuza y’u Rwanda yatangaje igihe umwaka w’amashuli 2020/2021 uzatangirira,Abo mu mwaka wa mbere nibo bazatangira bwa...

Nyuma y’igihe abanyeshuli biga biga muri kaminuza y’u Rwanda bategereje igihe cy’ifungura ry’amashuli ry’umwaka wa 2020/2021 byashyize bishyirwa hanze. Abanyeshuli bo mu mu mwaka wa mbere nibo...
10 April 2021 Yasuwe: 2212 0

Mu minsi 3,abantu 18 bamaze gufatwa n’inzego zibishinzwe bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ingengabitekerezo ya...

Polisi y’Igihugu yatangaje ko mu minsi itatu ishize hatangiye ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nibura abantu 18 bamaze gufatwa n’inzego zibishinzwe...
10 April 2021 Yasuwe: 1011 0

Ingabo z’Amerika Zigiye Gushinga Ibirindiro mu Nyanja y’Umukara

Turukiya yavuze ko amato y’intambara ya Leta zunze Ubumwe z’Amerika azanyura mu nyanja y’umukara kugeza itariki ya 4 y’ukwezi gutaha kwa gatanu.
10 April 2021 Yasuwe: 2418 0

Congo:Abasirikare bakorera muri teritwari ya Fizi bishe abaturage 3 babarashe

Kuri uyu wagatanu abasirikare ba leta ya kongo bakorera i Kakongo muri Segiteri ya Tanganyika teritware ya Fizi, intara ya kivu y’epfo muri Repulika ya Demokarasi ya Kongo bishe abantu batatu...
10 April 2021 Yasuwe: 1425 0

Abakobwa b’abarundikazi 41 bafatiwe muri Uganda bari bajyanywe gucuruzwa mu bihugu by’abarabu

Inzego zishinzwe iperereza muri Uganda zikurikiranye ikibazo cy’abakobwa 41 b’Abarundikazi bafatiwe muri Uganda bajyanywe gucuruzwa mu bihugu by’Abarabu.
10 April 2021 Yasuwe: 1546 0
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | ... | 7410