skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Meddy agiye gukorana indirimbo n’umuhanzi ukomeye mu gihugu cy’Uburundi

Meddy arimo gukorana indirimbo n’umuhanzi Sat B ukorera umuziki we mu gihugu cy’Uburundi.
22 November 2018 Yasuwe: 602 0

Roza Muhando yirukanwemo amadayimoni yari yaratererejwe

Umuhanzikazi Roza Muhando wari warasaritswe n’ibikorwa bidahwitse yasengewe n’umuvugabutumwa witwa James Ng’ang’a amwirukanamo amadayimoni.
22 November 2018 Yasuwe: 17158 0

Ishyamba si ryeru hagati ya Bebe Cool na Chameleon bapfa ikipe ya Arsenal

Jose Chameleone yatangaje ko yahagaritse gufana ikipe ya Arsenal nyuma yuko mukeba we Bebe Cool agizwe umukuru w’abafana bayo muri Uganda.
21 November 2018 Yasuwe: 1544 0

Safi Madiba yagiriye inama Knowless wabaye nyamwigendaho

Safi yabwiye Knowless ko ameze neza gusa ko bidahagije kuko ngo akwiye kwiga gukorera hamwe n’abandi kuko ariyo nzira nziza y’iterambere ry’umuziki we.
21 November 2018 Yasuwe: 3154 0

Pasiteri yaguwe gitumo aryamanye n’umukunzi w’abandi

Pasiteri witwa Nana Appiah yaguwe gitumo aryamanye n’umukunzi w’abandi
21 November 2018 Yasuwe: 3241 0

Amafoto yaciye ibintu: Abasore 2 bivuruguse mu biziba umwe yishyuza mugenzi we ideni ry’ibihumbi 40,000 yaramubereyemo...

Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga turasangamo agaragaza abasore barwanye bapfa amafaranga ,ifoto igaragaza Marina risani yafungutse mu gitaramo,amafoto yaciye ibintu ku mbuga...
21 November 2018 Yasuwe: 2919 0

Mr Eazi yagiriye inama abahanzi bifuza iterambere mu muziki wabo harimo nabo mu Rwanda

Mr Eazi yagiriye inama abahanzi bifuza ko umuziki wabo utera imbere ko bakwiye gusenyera umugozi umwe ndetse no gushyigikirana mu bikorwa by’umuziki ngo kuko ariyo nzira yonyine rukumbi iganisha...
21 November 2018 Yasuwe: 455 0

Nyina wa Mc Tino ngo yakubiswe n’inkuba nyuma yo kumva ko umuhungu we yarongoye Nyogokuru

Mc Tino yatangaje ko byamutwaye umunsi wose kugirango asobanurire nyina ko atarongoye umugore w’umucyecuru ahubwo ko ari umuhungu w’inshuti ye witwa Manzi yari yagiye gusinyira ari kumwe n’umubyeyi...
21 November 2018 Yasuwe: 2697 0

Green P waciye ukubiri n’ibiyobyabwenge yibatije irindi zina rishya

Green P kuri ubu yatangaje ko ku izina rye hiyongereyeho ’Mille Bandana’ yemeza ko rijyana n’ibigwi by’umuntu afite.
21 November 2018 Yasuwe: 1001 0

Am G The Black wasuye Jay Polly yatangaje bimwe mu byo baganiriye

Am G The Black yavuze ko bimwe mu byo baganiriye yagiye kumusura harimo nko kuba bagomba gucecekesha abantu bavuga ko injyana ya Hip Hop yasubiye inyuma.
21 November 2018 Yasuwe: 2327 0
0 | ... | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | ... | 2030