Mc Tino yatangaje ko byamutwaye umunsi wose kugirango asobanurire nyina ko atarongoye umugore w’umucyecuru ahubwo ko ari umuhungu w’inshuti ye witwa Manzi yari yagiye gusinyira ari kumwe n’umubyeyi...
Am G The Black yavuze ko bimwe mu byo baganiriye yagiye kumusura harimo nko kuba bagomba gucecekesha abantu bavuga ko injyana ya Hip Hop yasubiye inyuma.