Oda Paccy yavuze ko iriya foto yakoresheje mu ndiimbo y’umukobwa wiyambitse ubusa ko yashakaga kwerekana ko hari n’abakobwa bakoresha ibiyobyabwenge bakiyandarika ntatinye no kwerekana ubwambure...
Akenshi iyo abantu bagitangira gukundana, ubabona wese ndetse nabo ubwabo baba bumva bari mu isi yabo bonyine ndetse bagahamya bemye ko nta kiruta urukundo.
Bruce Melody yavuze ko kuva batangira iriya ndirimbo atigeze avugana na Zizou ndetse na nubu bataravugana gusa ngo ibyo yabakoreye n’ubuhemu kuko bari bamwizeye ko abahaye indirimbo...