Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC), yatangaje ko mu mwaka w’ ingengo y’ imari 2018/19 izatera inkunga abafite ubumuga ihereye ku bari mu cyiciro cya mbere bangana n’ibihumbi...
US Supreme Court Justice Anthony Kennedy is to retire, giving President Donald Trump the chance to cement a conservative majority on the top court.
The conservative has sided with liberals on...
Gverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Fred Mufulukye, ku wa kabiri tariki 26 Kamena uyu mwaka yatangije ku mugaragaro Irondo ry’Umwuga mu karere ka Kirehe;
Umuyobozi w’ akarere ka Nyamagabe wungirije ushinzwe ubukungu n’ iterambere yasabwe kuva mu inzu ebyiri z’abarimu ziri mu ishuri rya Ecole de Sciences zafatanyijwe akaba azibamo kuva 2013 nyamara...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame Kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Kamena 2018 yatangije mu Rwanda ku mugaragaro uruganda rwa Volkswagen rusanzwe rukorera mu gihugu cy’u Budage, avuga ko ari inkuru...
Umuriri w’ amashyi n’ uruvange rw’ amajwi yiganjemo ay’ igitsina gore byumvikanye ku kibuga cy’ indege cya Kigali I Kanombe mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Kamena ubwo abapolisikazi u Rwanda rwohereje...