Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump ntabwo azahura na Kim Jong Un mu kwezi gutaha niko ibiro bya Perezida wa Leta zunze Ubumwe White House byatangajwe kuri uyu wa 24 Gicurasi...
Umwe mu baganga barimo kuvura abarwayi ba Ebola muri Repubulika iharanira Demukarasi yavuze ko hari abarwayi ba Ebola barimo kujya kwivuza mu bapfumu bibwirwa ko bavumwe abandi bagatoroka aho...
Nyuma y’iminsi mike tubagejejeho inkuru y’abaturage batuye imirenge ya Maraba na Kigoma ho mu karere ka Huye basabaga ubufasha bwo kubakirwa ikiraro ku mugezi wa Mwogo utwara ubuzima bw’abantu ,Mu...
Abagabo babiri n’ umugore umwe batekeye umutwe abaturage mu kagari ka Bweya, umurenge wa Ndora, mu karere ka Gisagara babambura amafaranga bababeshya ko bazafasha kwishyurira...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 23 Gicurasi harimo uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Bufaransa, Muri Amerika umunyamategeko wa Trump yariye ruswa ategura ibiganiro hagati ya Trump na Perezida...