Uwitwa UWIMANA Claude yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWIMANA JEAN CLAUDE mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko...
Uwitwa TUYISHIMIRE Jean De Dieu yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa TUYISHIME Jean de Dieu mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina...
Benshi ntibazi ko barwaye amibe. Amibe ni indwara y’inzoka zo munda abantu benshi bashobora kurwara, kuko iyi nzoka ya amibe yandurira mu kunywa amazi mabi, gukoresha ibikoresho bidafite isuku...
Mu murenge wa Shyogwe hari umwana w’umukobwa watewe inda yiga mu mashuri abanza, ariko imiryango ihishira uwayimuteye bavuga ko na we akiri umwana; nyamara bivugwa ko akora akazi kandi ko hari...
Umukobwa wo ku Muhima avuga ko yatewe inda kabiri ataruzuza imyaka 18, nyamara akaba nta mwana n’umwe afite ubu: uwa mbere yaguye muri ruhurura, inda ya kabiri yayikuyemo agamije kuguma ku rutonde...
Mu karere ka Musanze, haravugwa amatsinda akurikirana ihohoterwa rishingiye ku gitsina yashyizweho n’inzego z’ibanze ku bufatanye n’umuryango utari uwa Leta Rwanda Women Community...
Umukobwa wo mu murenge wa Base akarere ka Rulindo, yavuye iwabo agiye gushaka akazi ko mu rugo, asamiramo inda y’impanga. Uwayimuteye yamutunze amezi abiri gusa arafungwa, nyuma akarere kamugarura...