skol

Imikino

Umunya-Mexico ashobora kuzasifura umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026

Umusifuzi ukomoka muri Mexico, César Arturo Ramos ashobora guhabwa gusifura umukino wa nyuma (…)

Mu Rwanda hatangijwe amarushanwa y’abatarengeje imyaka 14 na 16 ku bufatanye na FIFA

Kuwa Gatandatu tariki 14 Werurwe 2026, kuri Stade Kamena mu Karere ka Huye hatangirijwe (…)

Volleyball: Police na Kepler zatangiye neza imikino ya kamarampaka (Amafoto)

Police VC yatsinze GisagarVC amaseti 3-1, naho REG VC itsinda Kepler VC amaseti 3-2, mu mikino (…)

Umukinnyi mpuzamahanga Tchouaméni yatanze umucyo ku byavugwaga ko umukunzi we yamuteye agahinda

Umukinnyi Aurélien Tchouaméni ukinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, yanyomoje ubutumwa (…)

Skol Lager yahembye abakinnyi ba Rayon Sports bahize abandi mu kwezi kwa Gashyantare

Kuri uyu wa 13 Werurwe 2026, mu Nzove ku kibuga ikipe ya Rayon Sports isanzwe yitorezaho, (…)

Skol Lager igiye guhemba abakinnyi ba Rayon Sports bahize abandi mu kwezi kwa Gashyantare

Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa Skol Brewery rugiye guhemba abakinnyi (…)

Mike Mutebi watoje AS Kigali yaburiwe irengero

Mike Hillary Mutebi watoje amakipe atandukanye arimo AS Kigali na KCCA akanakinira Ikipe (…)

Iniesta wakiniye FC Barcelona ashobora guhabwa akazi mu ikipe y’igihugu ya Morocco

Umunya-Espagne, Andres Iniesta wakiniye FC Barcelona ashobora guhabwa akazi ko kuba umuyobozi wa (…)

Hagaragajwe ikizatuma haterana Inteko Rusange ya Rayon Sports itaha

Umuyobozi ushinzwe Imiyoborere n’Ubukangurambaga muri Komite y’Inzibacyuho ya Rayon Sports, (…)

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu ya Iran bisubiyeho

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’Abagore ya Iran bateye isaruti ubwo baririmbaga indirimbo (…)

Lewis Hamilton yashyize u Rwanda mu bihugu yifuzamo ‘Formula 1’

Lewis Hamilton ufite amateka akomeye mu mukino wa Formula 1, yahishuye ko mu bihugu 10 bya (…)

Ntacyo bimbwiye - Trump ku kwitabira Igikombe cy’Isi kwa Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ntacyo bimubwiye kuba Iran (…)

Umukinnyi w’Umunya-Iran yasezeye ku ikipe ye ngo ajye guhangana na Amerika na Israel

Rutahizamu w’umunya-Iran, Mehdi Taremi ukinira ikipe ya Olympiakos F.C yo mu Bugereki (…)

Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi yatumye aba ikirangirire mu mupira w’amaguru

Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko nyina afite amarozi atuma baba ibirangirire mu mupira (…)

Haruna Niyonzima yahakanye ibyo gusezera ruhago burundu

Haruna Niyonzima wabaye kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda yahakanye ibyo gusezera gukina (…)